Amakuru
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC kivuga ko mu Rwanda abantu 12.8% banywa itabi biganjemo urubyiruko. Abaganga bavura Kanseri bo bavuga ko kunywa itabi byongera...
Hi, what are you looking for?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC kivuga ko mu Rwanda abantu 12.8% banywa itabi biganjemo urubyiruko. Abaganga bavura Kanseri bo bavuga ko kunywa itabi byongera...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko urubyiruko rwababereye igisubizo cy’uburyo burambye mu gukemura amakimbirane yari yarashegeshe imiryango irenga 400. Bahisemo kwigisha urubyiruko kuko arizo...
Inteko Nyarwanda y’Umuco (RCHA) ifatanyije na PanAfrican Movement Rwanda Chapter bishyigikiwe na Leta y’u Rwanda, baritegura kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ingoro Ndangamurage n’Umunsi wo Kwibohora...
Umurenge wa Rwaniro ni wo Murenge wa nyuma wagejejwemo amashanyarazi mu karere ka Huye. Uyu Murenge ukaba waragejejwemo amashanyarazi mu mwaka wa 2020. Ingo...
Itangazo dukesha Minisiteri y’ingabo z’igihugu, rigaragaza ko mu ijoro ryo ku wa 23 Gicurasi 2021 mu masaa tatu z’ijoro (21:15-21:35), hari igitero cya FLN...
Biteganijwe ko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron ku wa kane tariki ya 27 Gicurasi 2021 azasura u Rwanda, mu ruzinduko ruzamara iminsi ibiri. Uru...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Buzima “Global Health Summit” ko ibiganiro ku gukorera mu Rwanda inkingo za COVID-19 bigeze...
Ku wa Gatandatu tariki ya 22 Gicurasi 2021, mu Rwibutso rwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 2500 y’Abatutsi bazize Jenoside...
Imibare y’abana baterwa inda ikomeza kugenda yiyongera n’ubwo hashyirwaho ingamba zo guhangana n’abahohotera abo bana. Intimba niyose ku bana babyaranye na ba se, ntibemere...
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bugaragaza ko mu bikorwa birenga 7000 byabaruwe ko bigomba gukurwa mu bishanga no mu manegeka hasigayemo 700. Abaturage batujwe mu...
Kugeza mu kwezi kwa Kamena 2022, u Rwanda rwihaye intego yo kuba hamaze gukingirwa abaturage bageze kuri 60%, ariko ubu bageze kuri 5% gusa...
Nyuma y’aho Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeje ko azagirira uruzinduko mu Rwanda mu mpera za Gicurasi uyu mwaka, inararibonye muri dipolomasi na politiki...
Mu gihe bamwe mubarimu bo mu Karera ka Nyagatare bishimira ko bubakiwe amacumbi ku mashuri bigishaho akabafasha gutegura neza amasomo batuje, hari bagenzi babo bagihangayikishijwe n’uko...
Akarere ka Gatsibo kiyemeje gushakira kubura hasi no hejuru abagabo barenga 500 bari ku rutonde rw’abateye inda abangavu bakaba bataratabwa muri yombi. Mu cyumweru...
Abanyamurango ba FPR Inkotanyi biyemeje gutuza imwe mu miryango 134 itishoboye itagiraga aho kuba ituye mu karere ka Nyaruguru. Igikorwa cyatangiriye mu murenge wa...