Amakuru
U Bubiligi bwahaye u Rwanda inkunga y’imodoka zitwara indembe “Imbangukiragutabara” 40 zizifashishwa mu bikorwa by’ubuvuzi. Zizahabwa ibitaro bitandukanye byo hirya no hino mu gihugu, ...
Hi, what are you looking for?
U Bubiligi bwahaye u Rwanda inkunga y’imodoka zitwara indembe “Imbangukiragutabara” 40 zizifashishwa mu bikorwa by’ubuvuzi. Zizahabwa ibitaro bitandukanye byo hirya no hino mu gihugu, ...
Abaturage bo mu murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke bari basanzwe bivuriza ku kigo nderabuzima cya Yove bishimira ko bahawe imbangukiragutabara ariko bakavuga...
Mu gice cya kabiri twabagejejeho ibirebana n’ushobora kuba Umugaragu cyangwa Shebuja. Turakomeza rero n’igice cya gatatu. Uko ubuhake bwari buteye Umwanditsi Nizeyimana Innocent, mu...
Umuryango wa Habarugira Amon na Uwizeyimana Vestine wo mu mudugudu wa Yove, Akagari ka Mutongo mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke, wahawe...
Nyuma y’uko urubura ruvanze n’umuyaga byangije ibikorwaremezo n’imirima bikanasenyera imiryango irenga 40 y’abaturage bo mu mirenge ya Cyanzarwe na Busasamana mu karere ka Rubavu,...
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitri w’Intebe wa Ethiopia ubu akaba ari Umuyobozi w’inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro Nyafurika ku Iterambere ry’ubuhinzi (AGRA), arashima imbaraga u Rwanda...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha icyongereza “Commonwealth” bemeje ko bazahurira mu Rwanda mu nama izaba tariki 21 Kamena 2021. Itangazo ryasohowe n’Ubunyamabanga bw’uyu...
U Rwanda rwakiriye inkunga y’ibikoresho 1650 byifashishwa mu buzima bifite agaciro k’amadorali y’Amerika 50,000 asaga miliyoni 47 z’amafaranga y’u Rwanda, rwagenewe na Guverinoma y’igihugu...
Nyuma y’aho hakwirakwijwe amafoto n’amakuru avuga ko Nsengimana Aimable, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo mu karere ka Musanze, bivugwa ko yafashe umuzamu wo ku...
Bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Karongi batejwe imbere n’igihingwa ngengabukungu cya Makadamiya (Macadamia) gikorwamo Shokola (chocolate), ibisuguti (biscuit) n’ibindi. Bavuga ko nubwo...
Ibinyujije muri Caritas Rwanda, Inama y’Abepisikopi mu Butaliyani mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri 2020 yashyikirije Leta y’u Rwanda ibikoresho...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yateguye amahugurwa ku rubyiruko kugira ngo babashe kwihangira imirimo, muri ibi bihe bya COVID-19. Iyi gahunda yiswe, Generation Unlimited Youth...
Mu gice cya mbere cy’ubuhake mu Rwanda rwo hambere twabajejeho ibijyanye twabagejejeho n’icyo ubuhake ari cyo ndetse n’uko umuntu yashoboraga kuremera undi cyangwa akamunyaga....
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) bavuze ko imicungire mibi ikomeje kurangwa mu kigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura, WASAC,...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko uburyo isi ihura n’imbogamizi zitandukanye hakenewe imikoranire n’ubufatanye bihamye hagati y’ibihugu. Ibi yabitangaje ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’ibindi...