Amakuru
Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA) rwatangiye imirimo yo gutangiza uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali. RURA iravuga ko aya...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere (RURA) rwatangiye imirimo yo gutangiza uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali. RURA iravuga ko aya...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Ukwakira 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Kayenzi mu karere ka Kamonyi...
Amakimbirane yo mu ngo ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge bigira uruhare runini ku ihungabana ry’abana. Ibi kandi ni kimwe mu bishobora gutera uburwayi bwo mu...
Ashatse kugombora ibicuruzwa bya magendu byari byafashwe, ku wa 8 Ukwakira 2019, umuturage utuye mu murenge wa Gahara yashatse guha ruswa y’amafaranga ibihumbi mirongo...
None ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniyemuri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama...
Kutagira amakuru ahagije ku “Nyungu rusange” hamwe nicyo bakora igihe batanyuzwe n’igenagaciro ryakozwe ni zimwe mu mpamvu zituma bamwe bimuwe ku mpamvu z’inyungu rusange...
Buri wa kabiri mu gihugu hose haba inteko rusange z’abaturage, bakaganiriramo ibintu bitandukanye byiganjemo umutekano, iterambere n’imibereho myiza, bakanahakemurira ibibazo bitandukanye ndetse bakanavuga n’ibitagenda...
Umujyi wa Gisenyi ubamo urujya n’uruza rw’abantu kuko uri ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Abo bantu bakenera cyane...
Abatuye mu murenge wa Kamabuye mu karere ka Bugesera, baratabaza nyuma yo kubona ko ubushimusi bw’inka bukomeje nubwo hari harafashwe ingamba zo kuraza inka...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko Nzamwita Innocent w’imyaka 39 y’amavuko yafashwe yafashwe ku cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2019, ubwo yari amaze kwica inyamanswa...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo mu karere ka Bugesera mu mirenge yatangijwemo gahunda yo kwigisha hifashishijwe imikino, barahamya ko iyi gahunda izamura ubusabane mu babyenshuri no...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kigabiro mu karere ka Rwamagana hafungiye abagabo babiri bakurikiranweho icyaha cyo gutunda no gucuruza urumogi. Umuvugizi wa Polisi mu...
Imishinga cumi n’umunani (18) ya ba rwiyemezamirimo bato mu ikoranabuhanga bagitangira imaze guterwa inkunga binyuze mu masomo bahabwa mu gihe cy’amezi atandatu na gahunda...
Kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Kamena 2019, abantu banyuranye batonyijwe nk’inararibonye mw’Itorero rya ADEPR bagera ku 123 bahuriye, ku minsi inyuranye,...
Abakora uburaya bo mu mujyi wa Kamembe mu karere ka Rusizi, bazwi ku izina “Abatabazi” bahamya ko agakingirizo ari intwaro badashobora kwibagirwa mu gihe...