Amakuru
Mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare ku makuru yahawe n’abaturage abagabo babiri bafanywe amajerekani ane...
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare ku makuru yahawe n’abaturage abagabo babiri bafanywe amajerekani ane...
Bamwe mu bunzi bo mu karere ka Gatsibo baravuga ko bishimiye amagare bahawe kubera ko agiye kujya abafasha mu bikorwa byo gutanga ubutabera. Aba...
Sebera Edouard M. uherutse gushyira hanze igitabo yise “Bari mu nzozi zitagira kirotora”, igitabo cyanditswe muri Nyakanga 2018, yongeye kwandika ikindi yise “Ingoma ntizisa...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Gicurasi 2019, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Rwanyindo Fanfan, Guverineri Mufulukye n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bitabiriye...
Nta terambere rirambye ryabaho igihe cyose imirimo idahari, n’imirimo ihari igomba kunozwa no gutanga umusaruro, umurimo ugakorwa neza kandi uwukora akabona igihembo gikwiye, umukozi...
Kokayine (Cocaine) kimwe n’ibindi biyobyabwenge biri ku isonga mu kwangiza ubuzima bwa muntu bityo Polisi y’u Rwanda ikaba yarashyize imbaraga nyinshi mu kubirwanya binyuze...
Mu gitondo cyo ku wa 29 Mata 2019 amatsinda abari y’abapolisi b’u Rwanda basimburanwe mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo....
Abakomoka mu karere ka Gakenke bakorera hanze yako bibumbiye muri Diaspora Gakenke, bikoze ku mufuka bakusanyije inkunga y’ibiribwa bifite agaciro k’ibihumbi bigera kuri 600,...
Ibiyobyabwenge nibyo biza ku isonga mu byaha bihungabanya umutekano w’abaturage, Polisi y’u Rwanda ikaba yarahagurukiye kubirwanya, kugira ngo umuturage w’u Rwanda abeho afite ubuzima...
Abayobozi ba Polisi z’ibihugu birindwi byo mu karere ku wa kabiri tariki 25 Mata 2019, bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije guhuza imbaraga mu...
Buri mwaka nibura abana bagera ku bihumbi magana atatu na mirongo itandatu (360,000), bakomoka mu bihugu bitatu bya Afurika, bazahabwa urukingo rwa mbere rwo...
Abaturage bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Karama, bahawe ivuriro ry’ibanze (Poste de Santé) banemererwa ko bitarenze uyu mwaka wa 2019, buri...
Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kicukiro yasubije umumotari moto ye yari yibiwe aho yayiparitse. Nshimyumuremyi Aimable...
“Ndasaba ko cyamunara iteshwa agaciro, bitashoboka cyamunara igasubirwamo Hoteli, parikingi n’ubusitani bigahabwa agaciro kabyo bikwiriye. Nkabona uburenganzira ku mutungo wange”. Ni ibyavuzwe na Mudaheranwa...
Mu rwego rwo kurwanya icuruzwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge n’inzoga zitemewe, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi, ifatanyije n’abaturage yafashe umugabo wengaga akanacuruza inzoga...