Amakuru
Mu nama y’umutekano yok u wa 17 Mata 2019, yahuje abayobozi n’abavuga rikumvikana baturutse mu mirenge umunani yo mu karere ka Nyagatare, basabwe kurushaho...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Mu nama y’umutekano yok u wa 17 Mata 2019, yahuje abayobozi n’abavuga rikumvikana baturutse mu mirenge umunani yo mu karere ka Nyagatare, basabwe kurushaho...
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bavuga ko batazihanganira bamwe mu bamotari bagaragarwaho n’amakosa yo kutubahiriza amategeko y’umuhanda ndetse n’abishora mu byaha bitandukanye...
Iki kigo giherereye i Gahini mu karere ka Kayonza, cyubatswe n’umuryango ufasha abafite ubumuga, Christian Blind Mission (CBM), ku bufatanye n’itorero ry’Abangilikani, Diyosezi ya...
Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuzima igaragaza ko abanyarwanda bagera hafi kuri batanu ku ijana (4,8%) ku banyarwanda bose bafite ikibazo k’indwara ya Hepatite. Umunyamabanga...
Abaturage basaga 250 bo mu murenge wa Kageyo, Akarere ka Gatsibo mu ntara y’Iburasirazuba, kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Mata 2019, basuye...
Mukantwari Melaniya wari utuye mu murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi, mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, yajugunywe mu ruzi rwa Nyabarongo ntiyapfa...
Abapolisi bakuru 30 baturuka mu bihugu icyenda bya Afurika bari gukurikirana amasomo mu ishuri rikuru rya Polisi (National Police College) riherereye i Musanze, batangiye...
Ku wa 14 Mata 2019, Polisi y’u Rwanda yafatiye mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Kitabi, imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Corolla...
Ku wa 11 Mata 2019, mu karere ka Gatsibo wari umunsi wo Kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda. Imihango y’uwo...
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi wabereye i Kiziguro mu karere ka Gatsibo ku wa 11 Mata 2019, ari...
10:05 Uyoboye Gahunda Sekanyange Jean Leonard asobanuye mu nshamake gahunda ijyanye n’umunsi 10:03: Hafashwe umunota wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 10:04 Umuyobozi w’Akarere...
Bamwe mu bakecuru b’intwaza bahererwa gahunda z’isanamitima ku kigo ‘Aheza Development Center’ i Ntarama mu karere ka Bugesera baravuga ko mu kwezi kumwe iki...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Abayobozi n’Abakozi ba REMA na FONERWA, ku wa 9 Mata 2019,...
Ku itariki ya 8 Mata buri mwaka, ni umunsi wo kwibuka Abatutsi biciwe i Byumba bavuga ko ari ibyitso by’Inkotanyi abandi bikavugwa ko bafatiwe...
Iri zina ubundi rifite inkomoko y’ikigereki ryanditse muri Bibiliya rikaba ryarekanaga aho Yezu Kirisitu yagombaga kubambwa. Yezu bamujyanye i Gologota ku Kibihanga aba ariho...