Amakuru
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi...
Umwiherero urabera mu Ishuri rya Gisirikare rya Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Werurwe 2019. Uyu mwaka,...
Umuryango Transparancy Internation Rwanda (TIR) usaba abaca imanza z’abakekwaho kunyereza umutungo wa Leta, kugira ubushishozi ku bihano bihabwa abahamwe n’icyo cyaha kuko iyo babahaye...
Mu ijoro ryo ku itariki 27 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Nyarusange yafatanye abagabo babiri ibicuruzwa...
Ku itariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera mu murenge wa Gashora, mu kagari ka Biryogo, yafashe ibikoresho...
Abakora umurimo wo kwikorera imizigo no kuyitwaza abagenzi mu mujyi wa Kigali, bazwi kw’izina ry’Abakarani, bahangayikishijwe n’ifaranga rimwe bakishyurwa ku kilo k’ibyo bikorera. Ni...
Ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugore n’umugabo bakekwaho gucuruza urumogi bakanarukwirakwiza mu bantu...
Kubera ubufatanye buzira amakemwa hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Buyapani nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imishinga ibiri yashoboye gufasha kongerera ubushobozi...
Abatuye mu mirenge ya Kiramuruzi, Murambi na Gasange mu karere ka Gatsibo bibumbiye mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya, barishimira ko byabagiriye akamaro ku...
Ku wa gatatu tariki 20 Gashyantare 2019, mu karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza, umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru yakoranye inama n’abatwara...
Nyuma y’uko abadepite bakoze ingendo hirya no hino mu gihugu baganira n’abaturage ku bibazo bibugarije, bigakorwa mu rwego rwo kugenzura imikorere ya Guverinoma, ubu...
Gufata amazi yo ku nyubako, gukoma bimwe mu bishanga, kurwanya isuri no kongera gutunganya amazi yakoreshejwe ni ibikorwa byashyizwemo ingufu mu kubungabunga amazi. Ibi...
Nyabizi ni umwe mu Midugudu y’Umurenge wa Kinyababa mu kagari ka Rutovu. Ni agace kari mu misozi miremire y’Akarere ka Burera ihana umupaka n’Igihugu cya Uganda ku birometero birenga icumi uvuye ku biro...
Abamotari bibumbiye muri Koperative y’abamotari bo mu karere ka Nyamagabe (COOMONYA: Coopérative de Motard de Nyamagabe) itwara abagenzi kuri moto mu murenge wa Tare...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda ni Perezida wa Repubulika nk’uko biteganywa mu ngingo ya 108 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Umugaba Mukuru w’ingabo...