Amakuru
Tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge yafashe umugabo wahoze ari umupolisi, ubu wakoraga...
Hi, what are you looking for?
Tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge yafashe umugabo wahoze ari umupolisi, ubu wakoraga...
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Abakobwa bose uko ari 37 batsinze mu ntara zose ubu bameze neza, kandi biteguye kuvamo 20 ba mbere bazakomeza muri Boot Camp. Ijonjora rya...
Abaturage bo mu karere ka Gisagara barasabwa kudakingira ikibaba abantu bakora bakanacuruza inzoga zitemwe. Ibi babisabwe ku wa Gatatu tariki ya 02 Mutarama 2019 ubwo...
Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro yafashe abagabo babiri, barimo umupfumu, bakurikiranyweho gushuka umugore bakamwambura amafaranga y’u Rwanda angana na...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 03 Mutarama 2019 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe umugore w’imyaka 29, arimo...
Abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare bitabiriye ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bagaragaje ko bakurikiye neza amasomo yabo ku buryo...
Abagabo babiri bo mu murenge wa Gatumba mu kagari ka Ruhanga mu karere ka Ngororero bafatanwe ibiro 47 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa...
Ubufatanye hagati ya Polisi n’abaturage mu kurwanya ibiyobyabwenge bukomeje gutanga umusaruro aho ku wa 28 Ukuboza 2018, mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda ...
Abagabo babiri bafashwe bakekwaho gutanga ruswa ku bapolisi kugirango bafungure umugore w’umwe muri aba bagabo ufungiye kuri sitatiyo ya Polisi ya Byumba akekwaho gucuruza...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Andry Rajoelina wigeze kuba Perezida wa Madagascar (Madagasikari) kuva mu 2009 kugeza mu 2014, yongeye kugaruka ku butegetsi nyuma yo gutsinda igice cya kabiri...
Impamvu: Gutabaza Nyakubahwa Perezida, Mbere ya byose ndabanza kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2019 tugiye gutangira, uzababere uw’ amahoro n’iterambere nk’uko mukunze kubyigisha. Iyi...
Abakobwa babyarira iwabo batungwa agatoki ku kutitabira gahunda yo kuringaniza urubyaro bakabyara abana benshi. Bamwe muri bo bavuga ko batafata imiti yo kuringaniza urubyaro...
Mu gihe hari abanga kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bitwaje imyemerere ishingiye ku matorero basengeramo, umujyanama w’ubuzima witwa Mihito Amiel, usengera muri ADEPR, atanga...