Amakuru
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Hashingiwe kuri gahunda Leta y’u Rwanda yihaye yo gushyira imbere ubumenyingiro no kwihangira umurimo, ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu ntara y’Iburasirazuba IPRC Ngoma,...
Muri Gereza ya Mageragere iri mu karere ka Nyarugenge, haravuga ko hadutsemo indwara y’iseru, ubu bikaba bitemewe ko hari abasura imfungwa n’abagororwa bari muri...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Uburyo bwo kwinjiza gahunda zo kuboneza imbyaro mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu, cyavugishije abatari bake ubwo Minisitiri w’Intebe yasobanuriraga abasenateri ko ari kimwe mu byafasha...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
Mu bikorwa byo gukumira no ku rwanya ibiyobyabwenge byakozwe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gisagara, mu mirenge ya Mamba...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage inzego z’umutekano zafatiye mu cyuho abagabo 14 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko tubikesha Polisi y’u...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...
Abapolisi 102 bayobora abandi mu duce twose tw’igihugu bagiranye inama igamije kwimakaza ihamwe ry’uburinganire mu kazi k’igipolisi, aho abapolisikazi basabwe kurushaho kwiyubakamo icyizere kuko...
Kwishyurirwa ibikenewe byose kugira ngo abana makumyabiri bakomoka mu miryango itishoboye bakomoka mu murenge wa Shyorongi, mu karere ka Rulindo, ni kimwe mu byaranze...
Bamwe mu bafashwe bacuruza ibiyobyabwenge baricuza ko bahemukira umuryango nyarwanda, bagasaba abagifite aho bahuriye nabyo kwihutira kubireka batarahura n’ingaruka zikomeye zibategereje. Ibi babitangaje ku...
Kuva taliki ya 25 Ugushyingo kuzageza ku ya 10 Ukuboza 2018, u Rwanda rurifatanya n’isi mu minsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa....