Amakuru
Kuba imyinshi mu miryango nyarwanda itari iya Leta iharanira Uburenganira bwa muntu idatanga raporo muri Komisiyo Nyafurika iharanira uburenganira bwa muntu (CADHP), bituma hari...
Hi, what are you looking for?
Kuba imyinshi mu miryango nyarwanda itari iya Leta iharanira Uburenganira bwa muntu idatanga raporo muri Komisiyo Nyafurika iharanira uburenganira bwa muntu (CADHP), bituma hari...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CGP Emmanuel K Gasana ku wa 8 Nzeri 2018, yasuye abapolisi b’u Rwanda bakora ibikorwa byo kubungabunga amahoro...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora, Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP na PSR mu matora...
Mu bitaro bya Ruhengeri biri mu karere ka Musanze, hari abarwayi n’abarwaza batabonye uko batora abadepite, abaganga n’abandi bakozi bo muri ibyo bitaro na...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, kimwe n’ahandi hose mu gihugu, abaturage bo mu karere ka Musanze babyukiye mu matora y’abadepite....
Mu ijoro ryo ku itariki ya 29 Kanama 2018, nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe abagabo babiri bari bafite amabaro...
Kuva ku wa 28 kugera ku wa 30 Kanama 2018, u Rwanda rurakira inama Nyafurika iganira ku bijyanye n’uburyo bwo kugera ku mutungo ndangakamere...
Imyitwarire idahwitse ya bamwe mu bari abasirikare ituma byitirirwa abasezerewe mu gisirikare bose, nyamara kugira imyitwarire myiza ntawe byateye ibihombo. Ibi ni ibyagarutsweho na...
Urubyiruko rwibumbiye mu Ihuriro ry’Abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha ( RYVCP) rwasabwe kurushaho gukora nk’abikorera mu bikorwa bigamije kubungabunga umutekano n’imibereho myiza y’abaturage....
Abapolisikazi bibukijwe ko bashoboye kimwe na basaza babo, bityo bakwiye kwirengagiza amateka yakunze kuranga umuryango nyarwanda wahezaga inyuma igitsina gore mu mirimo imwe n’imwe bitwaje...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gashari mu murenge wa Gashari mu karere ka Karongi, hafungiye abamotari babiri aribo, bakekwaho guha umupolisi ruswa y’amafaranga ibihumbi...
Abaturage batuye mu kagari ka Nyankurazo, Umurenge wa Kigarama, mu karere ka Kirehe, bijeje Polisi y’u Rwanda kuba abafatanyabikorwa bahoraho mu kurwanya abakwirakwiza ibiyobyabwenge...
Umuryango w’abanyamadini atandukanye akorera mu Rwanda wishyize hamwe ugamije kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango (Rich) ufatanyije na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage batuye mu murenge wa Rugarama, mu kagari ka Gafumba, Polisi ikorera mu karere ka Burera yafatiye mu rugo rwa Munyazirinda...