Inkuru nyamukuru
Indwara ya Kirabiranya yafashe urutoki mu karere ka Rwamagana yateje abahinzi n’akarere igihombo gikomeye, ku buryo ibitoki bigera ku masoko byagabanyutse cyane ndetse na...
Hi, what are you looking for?
Indwara ya Kirabiranya yafashe urutoki mu karere ka Rwamagana yateje abahinzi n’akarere igihombo gikomeye, ku buryo ibitoki bigera ku masoko byagabanyutse cyane ndetse na...
Hari abajya bakurikirana imikino yo gukirana irimo abasore bafite amaboko n’ibituza bidasanzwe bakibaza ko ari amashusho y’amahimbano cyangwa ari abantu baremwe bidasanzwe. Siko biri...
Ku wa kabiri tariki ya 20 Ugushyingo 2018 abana batandatu (6) bo muri gereza y’abana ya Nyagatare, batangiye gukora ibizamini bisoza ikiciro cya mbere...
None ku wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri...
Imibare igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu mpera z’Ukwakira 2018, abantu bagera kuri 437 bahitanywe n’impanuka, mu gihe abagera kuri 662 bakomeretse. Izi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rishyira ku mwanya wa munani (8) impanuka zo mu muhanda mu bitera imfu nyinshi, kuko ku mwaka...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu Bushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa “5G network, Internet of Things (IOT) , Cloud computing, Big...
Ubwo ibizamini bisoza amashuri abanza byatangiraga gukorwa mu gihugu hose, abana 12 bafungiye muri gereza y’abana ya Nyagatare barimo 10 b’igitsina gabo ndetse n’abandi...
Abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona bavuga ko bugarijwe n’urusobe rw’ibibazo ariko inzego zibahagarariye zo zikavuga ko kugira ngo ibyo bibazo bishobore kubonerwa...
ndetse n’Umutekano, ku wa 08 Ugushyingo 2018, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda. Ni ibiganiro byabereye ku kicaro gikuru cya Polisi y’u...
Abanyeshuri umunani b’abanyarwanda biga ikorana buhanga bari mu rugendoshuri mu bushinwa bishimiye amahirwe bahawe yo kwiga umuco w’abashinwa n’ururimi rwabo, banashishikariza abandi banyarwanda kumenya...
Ku wa 7 Ugushyingo 2018 i Kigali, abagize imiryango irengera abafite ubumuga bukomatanyije bashyizeho Ihuriro banatorera Bamba Furaha JMV kuba umuyobozi waryo. Akimara gutorwa...
Ntibyashoboka ko uhindura imibereho y’abantu udahinduye imyumvire yabo. Ibi ntibishobora kugerwaho itangazamakuru ritagizemo uruhare, kuko rigomba gukorana n’izindi nzego badahanganye ahubwo buzuzanya, hagamijwe kugeza...
Nyuma y’izungura ku mitungo y’abo mu muryango wa Nyirashuri Bonifride mwene Ntambiyukuri Stanislas n’uwa Mukabagaruka Immaculee washakanye na Munyakayanza Boniface yitabye Imana, aba bose...
Abatuye Umurenge wa Bushoki mu karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru y’u Rwanda bahamya ko bamaze gusobanukirwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore, icyokora bavuga...