Amakuru
Benshi mu bahinzi b’i Nasho na Mpanga mu karere ka Kirehe barishimira intambwe bamaze gutera aho kuri ubu binjiza amafaranga arenga ibihumbi 700 kuri...
Hi, what are you looking for?
Benshi mu bahinzi b’i Nasho na Mpanga mu karere ka Kirehe barishimira intambwe bamaze gutera aho kuri ubu binjiza amafaranga arenga ibihumbi 700 kuri...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kohereza mu mahanga umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB) gifatanyije na AGRITERRA, basabye urubyiruko gushishikarira guhinga kawa k’ubw’isoko ryagutse ifite. Hari mu nama...
U Rwanda rwiteguye kwakira inama ya gatatu mpuzamahanga y’ihuriro ry’abahinzi ba kawa izateranira i Kigali hagati ya tariki 14-15 Nyakanga 2021. Iri niryo huriro...
Ku wa 16 Mutarama 2020, abahinzi b’umuceri bangirijwe n’ibiza bibumbiye muri Koperative eshatu (3) zihinga ibishanga bya Nyiramageni, Ngiryi na Kiri, mu karere ka...
Abahinzi b’ikawa ba Koperative Abahuzamugambi y’i Maraba bageze kure bifashisha ikoranabuhanga rya telefone mu buhinzi bw’ikawa. Izi telefone bazikoresha mu gutumiza imiti igihe ikawa...
Mu karere ka Ngoma, Umurenge wa Murama, hatangirijwe gahunda ya Leta y’ubwishingizi bw’amatungo n’ibihingwa izafasha abahinzi n’aborozi kwirinda ibibazo bajyaga bahura nabyo bakabura imyaka yabo cyangwa...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Geraldine, ku munsi wo kwizihiza ku nshuro ya 44 isabukuru yo gutera amashyamba ku wa 9 Ugushyingo 2019, yifatanyije...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko imibare yavuye mu ibarura ryakozwe mu mpera z’umwaka wa 2018, igaragaza ko ingo 81.3 ku ijana mu banyarwnda...
Imiryango yabaye indashyikirwa ku kwita kw’isuku no kurwanya imirire mibi yo mu mirenge ya Nyarugenge na Shyara yo mu karere ka Bugesera, yahawe inkunga...
Umushinga“Hinga Weze”, uterwa inkunga n’umuryango w’Abanyamerika USAID ukomeje kwagura ibikorwa byo gufasha abahinzi, cyane cyane abakiri bato, kwiteza imbere no kongera umusaruro w’ubuhinzi binyuze...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi binyuze mu kigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), bateguye...
Abahinzi b’imyumbati mu karere ka Kamonyi bafite ikibazo cy’aho bagurisha umusaruro wa bo kuko uruganda rwa Kinazi rutawutwara wose. Abahinzi bahitamo kwanika imyumabati ku...
Abahagarariye abahinzi b’umuceri bibumbiye muri Koperative y’abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Ntende mu karere ka Gatsibo (COPRORIZ Ntende) bari kumwe n’umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo...
Abahinzi bo mu turere twa Ngoma, Bugesera na Kayonza, babifashijwemo n’umushinga Hinga Weze, bagiye kwinjizwa muri gahunda yo kuhira imyaka mu gihe k’izuba, bifashishije...
Ku wa 12 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa Mugesera, Koperative y’abahinzi b’ibigori n’inanasi baterwa inkunga na Hingaweze, ku munsi wo kumurika...