Amakuru
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gutera akabariro)...
Hi, what are you looking for?
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gutera akabariro)...
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana...
Abari abakozi barimo abarimu n’abakora iyindi mirimo bakoreraga ishuri rya Technology Education and Training Center (TETC), ryakoreraga mu karere ka Bugesera mu murenge wa...
Inzego zita ku bidukikije mu Rwanda, ziravuga ko zigiye gutangira guhana abacuruza ibikoresho bikozwe muri pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe, yaba amacupa, imiheha n’ibipfunyikwamo. Abacuruzi...
Urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, bukurikiranye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhunde mu Karere ka Burera witwa Didas Majyambere, ho icyaha cyo gufunga umuntu mu buryo bunyuranyije...
Tariki ya 12 Gashyantare 2020, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yamenyesheje Evode Uwizeyimana na Dr Isaac Munyakazi ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yemeye...
Ikipe ya Gicumbi FC imaze iminsi yakiririra imikino yayo kuva shampiyona y’uyu mwaka yatangira kubera ikibuga cyayo cyari cyarahagaritswe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda...
Mu gihe icyonnyi cy’inzige (Desert Locust) cyagaragaye muri bimwe mu bihugu byo mu karere u Rwanda ruherereyemo, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), irakangurira abaturarwanda kuba...
Bamwe mu bari abarimu mu ishuli rya Lycée de la Sainte Trinité APED, riherereye mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera, birukanwe mu...
Mu gihe hari abaturage bishimira akazi ko gutunganya imihanda babona muri gahunda ya VUP (Vision 2020 Umurenge Programme), ku rundi ruhande hari n’abanenga uburyo...
Ku munsi wa gatatu abakobwa 20 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 bari mu mwiherero (boot camp) i Nyamata kuri Golden Tulip Hotel,...
Nyuma y’uko inzige zigaragaye mu majyaruguru y’igihugu cya Uganda, u Rwanda rwatangiye gufata ingamba zo guhangana n’inzige zishobora kurugeramo igihe icyo ari cyo cyose....
Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yo ku wa 10 Gashyantare 2020, yasuzumye raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ku isuzuma rya ...
U Rwanda rumaze kohereza impapuro mpuzamahanga mu bihugu umunani zita muri yombi abantu bakurikiranweho kunyereza amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari imwe bakayahisha kuri konti...
Umuturage wo mu murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yafashwe ashaka guha ruswa umwe mu bakozi b’inzego z’umutekano, igera ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi...