Iterambere
Growing numbers of Rwandans are taking control of their credit health through an innovative mobile credit reporting platform, Menyesha, which allows them to check...
Hi, what are you looking for?
Growing numbers of Rwandans are taking control of their credit health through an innovative mobile credit reporting platform, Menyesha, which allows them to check...
Urubanza rwa Fabien Neretse rwakomeje I Buruseli mu Bubiligi, aho Neretse we ubwe yahawe ijambo ahakana ibyo ashinjwa byose, avuga ko ahubwo yarwanyije ihohoterwa...
Mu gitondo cyo ku wa gatandatu tariki ya 09 Ugushyingo 2019, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney, n’abayobozi banyuranye mu karere ka Musanze,...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Geraldine, ku munsi wo kwizihiza ku nshuro ya 44 isabukuru yo gutera amashyamba ku wa 9 Ugushyingo 2019, yifatanyije...
Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda, NIRDA, cyatangije amarushanwa ku batunganya ibikomoka ku biti arimo miliyoni magana atatu z’amafaranga y’u Rwanda (300,000,000Frw), bashaka ubufasha bwo kugura...
Mu gihe hari bamwe mu babyeyi bahana abana babo mu buryo bubabaza bibwira ko bari gukosora ikosa, bikagira ingaruka ku mwana zirimo izo gukomereka...
Abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma batuye mu murenge wa Kinigi n’uwa Nyange yo mu karere ka Musanze, bavuga ko bahawe ubutaka kugira ngo...
ADEPR y’u Rwanda yashinze ishami muri Kenya, mu nkambi z’impunzi z’Abanyarwanda barimo abahunze banyuze muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Abarundi ndetse n’Abanyekongo. Mu...
Mu rubanza ruregwamo Neretse Fabien rwatangiye ku wa kane tariki ya 7 Ugushyingo 2019 mu Bubiligi; ubushinjacyaha bwagaragaje mu masaha abiri n’igice ibirego uyu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco mu Rwanda butangaza ko abarenga 80 ku ijana mu rubyiruko rugororerwa mu Kigo cy’Igororamuco cya Nyamagabe bahuye n’ihungabana kubera...
Umubare w’abana baba mu muhanda ukomeza kwiyongera umunsi ku munsi. Abana bamwe baba mu muhanda bavuga ko babiterwa n’ubukene buvuza ubuhuha mu miryango yabo,...
Ku wa mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2019 nibwo urukiko rw’i Bruxelles mu Bubiligi rwatangaje abazaburanisha umunyarwanda Fabien Neretse ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) itangaza ko imibare yavuye mu ibarura ryakozwe mu mpera z’umwaka wa 2018, igaragaza ko ingo 81.3 ku ijana mu banyarwnda...
Ku mugoroba wo ku wa 4 Ugushyingo 2019, Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma y’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta yakuwe muri Minisiteri y’ibidukikije...
Uwitwa, UWAMAHORO Jacqueline mwene Gasasira Vincent na Bayisenge Judith, utuye mu mudugudu w’Akimpara, Akagari k’Urugarama, Umurenge wa Gahini, Akarere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba;...