Amakuru
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu murenge wa Mimuri mu karere ka Nyagatare, hafungiye abagabo babiri bakurikiranywe gushaka guha ruswa abapolisi, mu gihe...
Hi, what are you looking for?
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu murenge wa Mimuri mu karere ka Nyagatare, hafungiye abagabo babiri bakurikiranywe gushaka guha ruswa abapolisi, mu gihe...
Abatoza babiri b’abanyarwanda ubu bari ku mugabane w’u Burayi bakurikirana amasomo mu gutoza imikino ya Taekwondo n’imikino ngororamubiri yagenewe abatoza bo mu rwego rwo...
Inama yahuje ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’abayobozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano, ku wa 25 Nzeri 2018, yanzuye ko ibi bigo bigomba gukora...
Noting that charity begins at home, the experts called on African leaders to reverse the growing global trend towards “securitization of migration,” by acting...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu, rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y’umuganda...
Iyi gahunda y’umujyanama mu baturage izajya iba inshuro imwe mu gihembwe ni imwe mu ngamba nshya akarere ka Ngoma kafashe mu kwihutisha iterambere no...
Nyirarukundo Salome yegukanye igihembo cy’amadolari ibihumbi cumi na kimwe (11,000USD) nyuma yo kwanikira abandi mu isiganwa rya Marato (Marathon) ryaberaga i Montreal muri Canada,...
Pam Rwanda ikomeje urugamba rwo guhindura imyumvire n’imitekerereze y’abanyarwanda n’abanyafurika muri rusange, Diaspora na yo yiyemeje kudasigara inyuma kuri ibyo byiza. Mu rwego rwo...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge Polisi yakoze ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gatsibo, hafatiwemo ibiyobyabwenge biri mu makarito 109 y’inzoga zikomoka mu...
Abantu basaga magana inani (800) kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, baritabira Inama Nkuru ya kabiri y’Umuryango Uharanira Kwigira no Kwihesha Agaciro...
Abamugariye ku rugamba batuye mu mudugudu wa Rugende, Akagari ka Ruhanga, Umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo, batanga ubuhamya bavuga ko hari aho...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo ku bufatanye n’umuryango nyarwanda w’urubyiruko rw’abakorerabushe mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) ku wa 16 Nzeri batangije igikorwa...
Ibikorwa byo kurwanya abakora bakanacuruza inzoga zitemewe birakomeje, aho hirya no hino mu ntara y’ Iburasirazuba habereye ibikorwa byo kumena izo nzoga no gutwika...
CSP Hubert Gashagaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru, muri iki gitondo cyo ku wa 18 Nzeri 2018, hasakaye inkuru ko yitabye Imana bivugwa ko yishwe,...
Binyuze muri UNIK Association, hitezwe imbaraga zo kuzamura ubushobozi ndetse n’ireme ry’uburezi muri Kaminuza ya Kibungo –UNIK, abayizemo ndetse n’abakozi bahabwa umwanya wo kuba...