Amakuru
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rukorera muri aka karere ndetse n’abaturage, ku itariki ya 22 Gicurasi...
Hi, what are you looking for?
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ifatanyije n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rukorera muri aka karere ndetse n’abaturage, ku itariki ya 22 Gicurasi...
Mu gitondo cyo ku itariki 22 z’uku kwezi, Polisi mu karere ka Gisagara yafashe abantu batatu bakekwaho ubwambuzi bushukana bw’amafaranga bakoreye abatuye akagari ka...
Abanyeshuri barangije muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB: University of Tourism and Business studies) barasabwa kujya hanze bagiye kwiharira akazi cyane cyane agakorwa n’abanyamahanga kw’isoko...
Rwanda is to become the official tourism partner of Arsenal and the Premier League football club’s first ever shirt sleeve partner. The three-year partnership...
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Mu mpera z’icyumweru gishize, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare yakoze umukwabu ifata moto indwi zipakiye ibiyobyabwenge n’inzoga zitujuje zitemewe. Umuvugizi wa Polisi...
Abagabo batanu bari mu maboko ya Polisi bakurikinyweho kwiba Amadolari ya Amerika angana na 22,100 n’ibihumbi Magana abiri by’amafaranga y’u Rwanda; bikekwa kuba barayibye...
Uwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. N’ubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito...
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Itsinda rigizwe n’intumwa za DFID na Ikiraro project basuye ibikorwa bya Fiom Rwanda byo guteza imbere umwuga w’ubumvu mu karere ka Kayonza. Ibikorwa byasuwe...
Mu murenge wa Jomba uherereye mu karere ka Nyabihu, abagore bavuga ko gusobanukirwa n’ububasha bifitemo byatumye bitinyuka bakishakamo izindi mbaraga. Bityo ngo gufatanya n’abagabo...
Ntibisanzwe bimenyerewe ko abanditsi b’Abanyarwanda bibanda ku nkuru zishushanyije zivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Umunyamuziki yahisemo kunyuza inganzo ye mu ndirimbo ariko...
Abatishoboye bo mu murenge wa Mahama, akarere ka Kirehe mu ntara y’Iburasirazuba, bishimira ko ubuzima bwabo bwahindutse kandi bafite icyizere cyo kubaho neza. Ibi...
“Ubunyamwuga ni ikimenyetso cy’iterambere, ni ikimenyetso cy’uko nshobora kugera ku byo nshaka kugeraho mu mahoro, nta gihe ntakaje kandi nta byinshi ntanze cyangwa nangiza...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda, Nicola Bellomo, ubwo hizihizwaga Umunsi Mukuru w’ibihugu by’i Burayi, mu mugoroba wo ku wa 9 Gicurasi...