Imikino
Baryan Manvir na Sturrock Drew bari batwaye Skoda Bavia ari nayo modoka idasanzwe iri muri irushanwa, begukanye uduce tune twose twabaye mu gitondo cy’uyu...
Hi, what are you looking for?
Baryan Manvir na Sturrock Drew bari batwaye Skoda Bavia ari nayo modoka idasanzwe iri muri irushanwa, begukanye uduce tune twose twabaye mu gitondo cy’uyu...
The Rwanda Peace Academy (RPA) in partnership with Save the Children International (SCI) and the Eastern Africa Standby Force (EASF), is currently conducting the “Anglophone...
Ku munsi w’ejo ku wa 4 Nzeri 2017, nibwo Polisi yinjiye mu rugo kwa Rwigara hifashishijwe urwego kuko bari babuze ubakingurira, batwara Diane Rwigara,...
Umuryango w’Abanyarwanda batuye muri Ethiopia, bahuriye mu birori byo kwizihiza umunsi w’Umuganura, ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 2 Nzeri 2017. Uwo muhango...
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rigaragaza ko ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byazamutse guhera ku wa 5 Nzeri 2017, Lisansi ikaba yageze ku mafaranga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Polisi yitabaje urwego rwo kurira igipangu kugira ngo bagere mu rugo rwa...
Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, ku wa 2 Nzeri 2017, bungutse abatoza b’intore bashya bagera ku 1005, umusaruro wavuye ku ntore zatorejwe ku...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera n’Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze zo muri ako karere, bakomeje ubukangurambaga bwo gukangurira ababyeyi n’abaturage muri rusange kohereza...
Uyu munsi ku wa 2 Nzeri 2017, Perezia wa Repubulika Paul Kagame yahinduye ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) uwari umuyobozi mushya Aime...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY), ku wa gatatau tariki ya 30 Kanama 2017, ryakiriye impano y’amagare ya siporo n’ibindi bikoresho...
Ubwo Perezida Paul Kagame yarahizaga abagize guverinoma nshya, yabakanze ahakomeye ubwo yatungaga Minisiteri zimwe urutoki avuga ko abaziyobora badakorana bikaba intandaro y’umusaruro muke. Ubusanzwe...
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku...
Minisitiri w’Intebe mushya Dr Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Matovu, mu murenge wa Coko mu karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, ku wa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, Minisitiri w’Intebe mushya Dr. Ngirente Edouard yarahiriye inshingano nshya yahawe na Perezida...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku bubasha ahabwa n’Itegeko Nshinga yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Bwana Ngirente Edouard, akaba asimbuye Anastase Murekezi. Nk’uko...