Amakuru
Abatuye Umurenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru bishimiye itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina, nyuma y’agahinda n’intimba yabateye mu 2018 ubwo umutwe yabagamo...
Hi, what are you looking for?
Abatuye Umurenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru bishimiye itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina, nyuma y’agahinda n’intimba yabateye mu 2018 ubwo umutwe yabagamo...
Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Rukoma ikomeje ibikorwa byo kurwanya abacukura bakanagurisha amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ku wa...
Rusesabagina Paul yavukiye mu yahoze ari Komine Murama muri Perefegitura ya Gitarama ku wa 15 Kamena 1954, ubu ni mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka...
Inama y’abaminisitiri iheruka yafashe ingamba z’uko mu rwego rwo gukomeza guhangana n’ikwirakwizwa rya COVID-19, abantu bose bagomba kuba bageze mu ngo zabo bitarenze saa...
Mu gukomeza urugamba rwo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, ku cyumweru tariki ya 30 Kanama 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyanza, mu...
Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda (RWF) rwamaganye igitabo cya Kambanda Jean cyiswe Les Interahamwe du FPR- RPF Killers kigamije gukomeza umugambi wo guhakana Jenoside yakorewe...
Amakuru yatambutse ku rubuga rw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) bwagaragaje Paul Rusesabagina ari mu maboko yabwo kandi yambaye amapingu n’ikositimu y’umukara ndetse n’agapfukamunwa. Rusesabagina yeretswe...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko ubuyobozi bwabafashije gusobanukirwa n’ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19, bityo kuzishyira mu bikorwa...
Zimwe muri resitora ndetse na tumwe mu tubari two mu mujyi wa Kigali, batangiye guhura n’ingaruka zo kutubahiriza amabwiriza yo kurwanya ikwirakwizwa rya COVID-19....
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Kanama 2020, impunzi z’Abarundi 471 zasubiye mu gihugu cyabo cy’amavuko. Aba ni icyiciro cya mbere mu biyandikishije bashaka...
Itangazo ryashyizwe ahagaraga n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa 27 Kanama 2020 riravuga ko nta modoka zemerewe gutwara abagenzi nyuma ya saa kumi n’ebyiri...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye harimo ikivuga ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’umugoroba kugeza...
Inzego zishinzwe iperereza mu gisirikare cy’u Rwanda n’u Burundi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020, zahuriye ku mupaka wa Nemba uhuza...
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buravuga ko bugiye kujya butangaza urutonde rw’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa. Ibi ubushinjacyaha bubitangaje mu...
Ibigo by’ubucuruzi 3 ku bisaga 600 byanditse bibisaba, ni byo bimaze kubona inguzanyo mu kigega cy’ingoboka Leta yashyiriyeho kuzahura ubukungu kubera ingaruka za COVID19....