Amakuru
Kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Werurwe 2019, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, hateraniye Umwiherero wa 16...
Hi, what are you looking for?
Kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Werurwe 2019, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, hateraniye Umwiherero wa 16...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Nyagatare, Gatsibo na Bugesera, ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage, bakoze umukwabu wo gufata abakora n’abacuruza inzoga zitemewe...
Muri iki cyumweru dusoza nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yafashe imyenda ya caguwa ndetse n’ikinyobwa cyo mu bwoko bwa Drosty...
Mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’abagore, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida wa Repubulika, yasabye abanyarwanda guha abana b’abahungu n’abakobwa amahirwe angana mu rwego rwo kubaka...
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi...
Umwiherero urabera mu Ishuri rya Gisirikare rya Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Werurwe 2019. Uyu mwaka,...
Umuryango Transparancy Internation Rwanda (TIR) usaba abaca imanza z’abakekwaho kunyereza umutungo wa Leta, kugira ubushishozi ku bihano bihabwa abahamwe n’icyo cyaha kuko iyo babahaye...
Mu ijoro ryo ku itariki 27 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Nyarusange yafatanye abagabo babiri ibicuruzwa...
Ku itariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera mu murenge wa Gashora, mu kagari ka Biryogo, yafashe ibikoresho...
Abakora umurimo wo kwikorera imizigo no kuyitwaza abagenzi mu mujyi wa Kigali, bazwi kw’izina ry’Abakarani, bahangayikishijwe n’ifaranga rimwe bakishyurwa ku kilo k’ibyo bikorera. Ni...
Ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugore n’umugabo bakekwaho gucuruza urumogi bakanarukwirakwiza mu bantu...
Kubera ubufatanye buzira amakemwa hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Buyapani nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imishinga ibiri yashoboye gufasha kongerera ubushobozi...
Abatuye mu mirenge ya Kiramuruzi, Murambi na Gasange mu karere ka Gatsibo bibumbiye mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya, barishimira ko byabagiriye akamaro ku...
Ku wa gatatu tariki 20 Gashyantare 2019, mu karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza, umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru yakoranye inama n’abatwara...
Nyuma y’uko abadepite bakoze ingendo hirya no hino mu gihugu baganira n’abaturage ku bibazo bibugarije, bigakorwa mu rwego rwo kugenzura imikorere ya Guverinoma, ubu...