Amakuru
Urubyiruko ruhagarariye abandi bibumbiye mu muryango witwa ENAG (Education for Nations Africa Girubuntu) uhuriwemo n’abarangije kwiga ndetse n’abakiga muri za kaminuza n’amashuri yisumbuye hirya...
Hi, what are you looking for?
Urubyiruko ruhagarariye abandi bibumbiye mu muryango witwa ENAG (Education for Nations Africa Girubuntu) uhuriwemo n’abarangije kwiga ndetse n’abakiga muri za kaminuza n’amashuri yisumbuye hirya...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Itsinda ry’abadepite batangiye uruzinduko mu karere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019. Mu bibazo byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere, harimo ikibazo cy’idindira...
Bamwe mu batuye Rusizi bavuga ko batamenye amakuru ku rubanza rwa Rukeratabaro Théodore ushinjwa gukora ibyaha bya Jenoside akaba yarakatiwe n’ubutabera bwa Suwedi ubu...
Abagabo babiri bo mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro b’abanyerondo bafashwe bakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi cumi na bitanu (15000Frw) kugira...
Ku wa mbere tariki ya 07 Mutarama 2019, abapolisi bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe gutabara aho rukomeye (Special Intervention Force) batanze amaraso azafasha...
Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Rusizi, Intara y’ Iburengerazuba uravuga ko nubwo hari ibihugu byahagurukiye...
Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, MPDEH (People’s Movement for Human Right Education) uratangaza ko abana bakomeje kugaragara mu mirimo ivunanye yo...
Ku Cyumweru tariki ya 06 Mutarama 2019, abagabo batatu bafatiwe mu mirima y’abaturage mu murenge wa Rusebeya, Akarere ka Rustiro bacukura amabuye y’agaciro mu...
Mu bikorwa byo kurwanya icuruzwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu karere ka Rulindo mu murenge wa Ntarabana, mu muhanda Gatuna-Kigali hafatiwe umusore w’imyaka 20 afite ibipfunyika...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite bazasura ibikorwa binyuranye hirya no hino mu gihugu bifasha abaturage kugera ku iterambere. Nk’uko tubikesha itangazo ryatanzwe n’Inteko...
Ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaga ikiganiro mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’abayobozi b’inzego z’ibanze riteraniye i Nyamata mu karere ka Bugesera, mu gihe cy’iminsi...
Bishatsemo ubushobozi ababyeyi bo mu murenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, ku wa 5 Mutarama 2019, begeranyije abana bose baba abo mu miryango yishoboye...
Mwiseneza Josiane ukomeje gutungurana mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2019, akaba yaranikiye bagenzi be mu matora yakozwe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga, ndetse ubu akaba...
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu karere ka...