Amakuru
Nyuma yo gutahuka bavuye mu mashyamba ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (DRC), abagabo bakajyanwa i Mutobo, na ho imiryango yabo ikajyanwa mu nkambi...
Hi, what are you looking for?
Nyuma yo gutahuka bavuye mu mashyamba ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (DRC), abagabo bakajyanwa i Mutobo, na ho imiryango yabo ikajyanwa mu nkambi...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryongeye gusaba abashoferi batwara imodoka nini ndetse n’izitwara abagenzi kwirinda gutwara ikinyabiziga mu gihe bananiwe,...
Mu rwego rwo gukomeza kubumbatira umutekano w’abaturage, Polisi y’u Rwanda ikorana n’abafatanyabikorwa batandukanye, muri bo harimo n’abakora irondo ry’umwuga. Aba baba ari abaturage batoranyijwe na...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke mu murenge wa Kamubuga mu mpera z’iki cyumweru yafashe abagabo babiri bakekwaho gucuruza ibiyobyabwenge. Aba bagabo bari...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ku bufatanye n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha muri ako karere, ku wa Gatandatu tariki...
Abanyeshuri 17 bashoje amasomo ajyanye n’ubwubatsi mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro n’imyuga mu Ntara y’Iburasirazuba IPRC Ngoma kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Mutarama...
Ku wa 16 Mutarama mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Gatunda habereye igikorwa cyo kumena ibiyobyabwenge bitandukanye byafatiwe mu bikorwa bya Polisi k’ubufatanye...
Mu nama nyunguranabitekerezo izamara iminsi ibiri iteraniye i Kigali, kuva ku wa 17 Mutarama 2019, Ubushinjacyaha bukuru bwagaragaje icyaha cya ruswa nk’ikiri kw’isonga mu...
Abaturage bo mu mudugudu wa Kibare, mu kagari ka Nsinda, Umurenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, barasaba ubuyobozi gukura mu kaga umukecuru witwa...
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Mutarama 2019, abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, basuye abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda bungurana ibitekerezo...
Kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo urusheho kugenda neza, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rikoresha imbwa rizwi ku izina rya “Canine Brigade”. Izi mbwa zikaba...
Ku wa mbere tariki 14 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu mirenge ya Ngera na Ngoma yakoze umukwabo wo...
Ku wa Kabiri tariki ya 15 Mutarama 2019, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Mufulukye Fred ari kumwe n’abagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Ubutaka mu Turere...
Nyuma y’amezi umunani (8) bahawe inkunga mu mushinga wo kunganira ibikorwa by’abikorera bishyize hamwe, watangijwe n’Ikigega cyo gushyigikira ubufatanye bw’abikorera (LCF), benshi mu bigo...
Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’abakorerabushake ruhagarariye urundi rwo mu mirenge 15 igize akarere ka Nyamasheke rwahuriye ku biro by’umurenge wa Shangi rusabwa gukumira...