Amakuru
Urubyiruko ruri mu biruhuko rwo mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge, muri gahunda y’Intore mu biruhuko, rwahawe amasomo ku kurwanya ibiyobyabwenge n’ubuzima...
Hi, what are you looking for?
Urubyiruko ruri mu biruhuko rwo mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge, muri gahunda y’Intore mu biruhuko, rwahawe amasomo ku kurwanya ibiyobyabwenge n’ubuzima...
Ku wa 21 Ukuboza 2018, Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse ingabo nshya z’umutwe wihariye (Special Operations Force), nyuma y’amezi cumi na kumwe zihabwa imyitozo yihariye...
Umugaba w’Ingabo za RDF zirwanira mu kirere, Maj Gen Charles Karamba na mugenzi we wa Ethiopia, Brig Gen Yilma, bitabiriye uyu munsi umuhango wo...
Kigali, 21 December 2018- In the strongest terms possible, Rwanda opposes the early release of Aloys Simba from prison. The International Criminal Tribunal of...
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Hashingiwe kuri gahunda Leta y’u Rwanda yihaye yo gushyira imbere ubumenyingiro no kwihangira umurimo, ishuri rikuru ryigisha imyuga n’ubumenyingiro mu ntara y’Iburasirazuba IPRC Ngoma,...
Muri Gereza ya Mageragere iri mu karere ka Nyarugenge, haravuga ko hadutsemo indwara y’iseru, ubu bikaba bitemewe ko hari abasura imfungwa n’abagororwa bari muri...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Uburyo bwo kwinjiza gahunda zo kuboneza imbyaro mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu, cyavugishije abatari bake ubwo Minisitiri w’Intebe yasobanuriraga abasenateri ko ari kimwe mu byafasha...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
Mu bikorwa byo gukumira no ku rwanya ibiyobyabwenge byakozwe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gisagara, mu mirenge ya Mamba...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage inzego z’umutekano zafatiye mu cyuho abagabo 14 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko tubikesha Polisi y’u...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...