Amakuru
The announcement of the Government of Rwanda dated on 21th December 2022, says that accusing Rwanda of support to the Congolese armed group M23...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
The announcement of the Government of Rwanda dated on 21th December 2022, says that accusing Rwanda of support to the Congolese armed group M23...
Bamwe mu nshuti z’umuryango zo mu Karere ka Gasabo, bagaragaza ko hari abagabo batinya kuvuga ihohoterwa bakorerwa n’abagare babo, bikabaviramo guta ingo zabo bakabaho...
President Paul Kagame on the interview with semafor Africa summit, interviewer mentioned about Rwanda in-between of choosing between America and China, two politico-economics rivals,...
Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda ibishobora kwanduza amaraso yabo, basabwa amaraso mazima kandi bakitabira igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa indembe ziyakeneye kwa muganga. Umuhuzabikorwa w’Umuryango utabara...
Ubufatanye hagati y’abashakanye bwongereye urukundo mu miryango nyuma y’aho abagabo batagifata imirimo imwe nk’igenewe abagore gusa cyangwa ngo bagire imitungo yiharirwa n’abagabo gusa. Ibi...
Mu cyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, abasanzwe bakora uyu mwuga 200, ariko batabyigiye, basoje inyigisho z’amezi 6 bahawe ubumenyi buzabafasha kunoza umurimo no kongera...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel, ubwo hizizwaga isabukuru y’imyaka 74 y’itangazo itangazo ry’uburenganzira bwa muntu, umunsi wabereye...
Polisi y’u Rwanda igaragaza ko mu mwaka wa 2022, kugeza mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukuboza, abantu 617 baburiye ubuzima mu mpanuka zo mu muhanda, na...
Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa Muntu, mu gukomeza ubukangurambaga mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 74 y’itangazo mpuzamahanga ry’uburenganzira bwa muntu, ku wa 6 Ukuboza 2022, mu...
Abagize inteko zishinga amategeko baharanira iterambere ry’ubuhinzi n’imirire muri Afurika y’Iburasirazuba (EAC), barasaba guverinoma z’ibihugu kongera ingengo y’imari zigenera ubuhinzi n’indi mirimo ishamikiye ku...
Ku munsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, abakora muri uru rwego basabye gukorerwa ubuvugizi, kuko ngo kutizerwa n’amabanki ari inzitizi ikomeye ku iterambere...
Bamwe mu banyeshuri bo mu bigo by’amashuri yisumbuye byo mu karere ka Nyaruguru, biyemeje gutanga amaraso yo gufasha indembe ziyakeneye kwa muganga, kuko gutanga...
Kigali, 1 December 2022;Rwanda today welcomed the support of the European Peace Facility, in the form of €20 million to contribute to the continued...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wageneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 20 z’ama euros, ni ukuvuga arenga miliyari 20 z’amafaranga y’u Rwanda, mu rwego rwo...
Le Président de la République du Rwanda, Paul Kagame, affirme que le Rwanda a décidé de mettre le citoyen au premier plan afin de...