Ibikorwaremezo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) kigaragaza ko ingo miliyoni ebyiri zimaze kugerwaho n’umuriro w’amashanyarazi. Ibi bigatanga icyizere ko mu myaka ibiri iri imbere ingo...
Hi, what are you looking for?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) kigaragaza ko ingo miliyoni ebyiri zimaze kugerwaho n’umuriro w’amashanyarazi. Ibi bigatanga icyizere ko mu myaka ibiri iri imbere ingo...
Mu karere ka Ruhango ingo zisaga 68% zimaze kubona amashanyarazi binyunze ku miyoboro miremire (on glid) ndetse n’imirasire y’izuba (off glid). Biteguye kuba bageze...
Abaturage batuye mu karere ka Nyamagabe bishimira ibikorwaremezo bakomeje kwegerezwa, birimo kubakirwa ikiraro gihuza imirenge ya Mbazi na Kaduha aho kizabafasha mu migenderanire n’imihiranire...
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu ntangiriro z’ukwezi...
Umujyi wa Kigali watangaje ko watangiye gusana ruhurura ya Mpazi, iyobora amazi ava ku misozi inyuranye yo muri uyu Mujyi. Ni ibikorwa bizatwara hafi...
Mu gihe cy’amze atandatu, kuva mu kwezi k’Ukuboza 2020 kugeza mu mpera za Kamenza 2021, ingo zigera ku 5095 zo mu mirenge itanu y’Akarere...
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yasoje imirimo yo kubaka sitasiyo y’amashanyarazi (Electrical substation) ya Nyabihu. Iyi sitasiyo yitezweho gukemura ikibazo cy’amashanyarazi mu turere...
Ikigo gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda, NAEB, gifite umushinga wo kubaka isoko ry’ububiko bugezweho bw’imboga n’imbuto. Ni isoko rizaba rifite...
Ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri 5 burimo kubakwa mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Karongi buzaba bwuzuye muri uyu mwaka nk’uko ababwubaka babyizeza. Ubu...
Katabagemu na Karangazi ni imwe mu Mirenge igize Akarere ka Nyagatare naho Ryabega kakaba Akagali ko mu Murenge wa Nyagatare, na wo wo mu...
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu ry’amashanyarazi mu karere ka Kamonyi, EUCL buratangaza ko bwafashe ingamba zo kujya basanga abakiriya bakeneye umuriro aho bari hagamijwe...
Imirimo yo kubaka ibikorwaremezo bizifashishwa mu gucukura gazi mu kiyaga cya Kivu irimbanyije kugira ngo itunganywemo amashanyarazi. Mu kwezi kwa Kamena 2021 byitezwe ko...
Abatuye ku Kirwa cya Nkombo ari na cyo kigize Umurenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi, ku wa 5 Ukwakira 2020 bahawe ubwato bwa...
Akarere ka Bugesera ni agace gakunze kugira ikibazo cy’ibura ry’amazi. Abaturage bo mu murenge wa Mareba babona ko gufata amazi y’imvura no kuyabika ari...
Umujyi wa Rubavu ni umwe mu mijyi yunganira umurwa mukuru Kigali ndetse ukanaba umwe mu itagiraga Gare iwubereye aho wasangaga imodoka zibyiganira muri Gare...