Football
Ikipe ya Rayon Sports WFC yongeye kugaragaza ubukaka mu mupira w’amaguru w’abagore, yegukana igikombe cya Rwanda Women’s Super League cya 2025/2026 ku nshuro ya...
Hi, what are you looking for?
Ikipe ya Rayon Sports WFC yongeye kugaragaza ubukaka mu mupira w’amaguru w’abagore, yegukana igikombe cya Rwanda Women’s Super League cya 2025/2026 ku nshuro ya...
Ikigo gishinzwe iteganyagihe muri Kenya, Kenya Meteorological Department cyatangaje ko muri Kenya hashobora kwiyongera ubwandu bwa Malaria bukagera ku rwego rw’icyorezo, bitewe n’imvura nyinshi...
U Rwanda ruri mu bihugu byitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Ubukerarugendo riri kubera muri Pakistan, aho rukomeje kugaragaza ibyiza nyaburanga n’amahirwe ari mu bukerarugendo bwarwo, mu...
Muri Kenya, abayobozi batatu bakomeye mu rwego rw’ingufu bavuye mu mirimo yabo nyuma y’uko hatangiye iperereza ku micungire idahwitse y’ibikomoka kuri peteroli, cyane cyane...
Umukinnyi wa basketball Leonard Randall Craig yanditse amateka mashya mu irushanwa rya Basketball Africa League, nyuma yo gutsinda amanota menshi kurusha abandi bose mu...
Ibiciro by’ibicanwa byo mu ngo bikomeje kuzamuka mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho Gaz, amakara n’inkwi byiyongereye ku buryo bugaragara, bigashyira igitutu ku mibereho...
Nibura abarwayi 34 barwaye macinya(cholera) bari kwitabwaho mu bigo bibiri bivura iyo ndwara i Bujumbura. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima Rusange. Muri bo, 18...
RURA yashize hanze ibiciro bishya by’ingendo mu byerekezo byose by’igihugu:
Ku wa Gatanu, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Emmanuel Ugirashebuja, afatanyije n’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB: Rwanda Investigation Bureau), Patrick Kabanda,...
Ingabo za Amerika n’iza Irani ziri gushakisha umusirikare w’Umunyamerika wabuze nyuma y’uko indege y’intambara ya Amerika yarashwe igwa hasi. Bamwe baramushaka ngo bamubaze amakuru...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku wa 4 Mata 2026 saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00 am), ibiciro ntarengwa by’ibikomoka kuri peteroli...
Mu gihe ubukungu bw’Isi bukomeje guhura n’ihungabana rishingiye ku bibazo by’umutekano muke mu bice bitandukanye, Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage kugira uruhare rufatika mu...
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, ubu akaba ari Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi mu Ihuriro Nyafurika riharanira impinduka mu rwego rw’Ubuhinzi (AGRA), yavuze...
Ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje...