Amakuru
Umunyeshuri witwa Ashimwe Josue ugororerwa muri gereza y’abana ihereye mu karere ka Nyagatare yakoze ibizamini bya leta bisosa amashuri yisumbuye, na ho batandatu bakora...
Hi, what are you looking for?
Umunyeshuri witwa Ashimwe Josue ugororerwa muri gereza y’abana ihereye mu karere ka Nyagatare yakoze ibizamini bya leta bisosa amashuri yisumbuye, na ho batandatu bakora...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, ukurikiranyweho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Rev....
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga ku bufatanye n’ubuyobozi bw’akarere mu bagiranye ibiganiro n’abahagarariye amadini n’amatorero bo mu karere ka Muhanga, babasabye...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Prof Shyaka Anastase, ubwo yasuraga Akarere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2019, aganira n’abitabiriye inama yaguye y’umutekano...
Nyuma yo kumva ibyo Neretse aregwa, abamwunganira n’abahagarariye abaregera indishyi bakavuga; ubu hagezweho kumva abatangabuhamya banyuranye. Aba batangabuhamya basabwa kubanza kurahirira ko bagiye kuvuga...
Inkuru ya Niringiyimana ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karongi, yatangajwe bwa mbere mu itangazamakuru ikwizwa...
Urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) rugizwe n’abacamanza batatu, bungirijwe n’umwanditsi ndetse n’inyangamugayo 12 zizewe ku rwego rw’amategeko. Ni urukiko rufite imikorere imwe mu Bubiligi...
Ku munsi wa kane w’urubanza rwa Neretse, tariki ya 13 Ugushyingo 2019 humviswe abatangabuhamya ku mateka y’u Rwanda barimo umunyarwanda Joseph Matata ndetse n’umubiligi...
Ku wa 13 Ugushyingo 2019, i Kigali, hatangajwe ku mugaragaro ko Ikigo cy’ubwishingizi, SORAS, kitakiriho ahubwo cyahindutse SANLAM Rwanda, Ikigo mpuzamahanga gisanzwe ari inzobere...
Abaturage bo mu mirenge ya Sake na Zaza, Akarere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba basabye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shyaka Anastase ko mu igenamigambi...
Ku wa kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2019, urubanza rwa Neretse rwakomeje yisobanura ndetse anasubiza ibibazo bitatu byari byasigaye atabibajijwe. Abamwunganira batanze inzitizi zatumye...
Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 19/11/2019, saa cyenda z’igicamunsi (15h00) ; azagurisha...
Mu rwego rwo kurangiza imanza Simpunga Jean Damascene na Uwambaje Chantal batsinzemo Mukamunana Xaverine, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kane...
Ikimpoteri ni ahantu harundwa imyanda ituruka mu ngo, amahoteri n’amaresitora, amaduka, inganda, amavuriro n’ahandi… Ikimpoteri gushyirwa ahantu hitaruye cyane abaturage. Ubusanzwe ikimpoteri gitunganye cyangombye...
On Monday 11th November 2019, Huawei officially flags off the eight students to travel to China for two weeks technological training, through the 2019...