Amakuru
Muri iki cyumweru dusoza nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yafashe imyenda ya caguwa ndetse n’ikinyobwa cyo mu bwoko bwa Drosty...
Hi, what are you looking for?
Muri iki cyumweru dusoza nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yafashe imyenda ya caguwa ndetse n’ikinyobwa cyo mu bwoko bwa Drosty...
Mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’abagore, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida wa Repubulika, yasabye abanyarwanda guha abana b’abahungu n’abakobwa amahirwe angana mu rwego rwo kubaka...
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi...
Umwiherero urabera mu Ishuri rya Gisirikare rya Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Werurwe 2019. Uyu mwaka,...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2014 n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge; Umuhesha w’Inkiko...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCAA 0037/15/CS rwo ku wa 06/07/2018; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 15/03/2019 guhera...
Abatuye i Ngarama mu karere ka Gatsibo, bishimiye itangizwa ry’imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyagatare –Rukomo. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa kane...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RC 00937/TGI/NYGE rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 05/04/2018 kugira ngo hishyurwe amafaranga MUNYAKAYANZA Samuel yatsindiye. Umuhesha w’inkiko...
Umuryango Transparancy Internation Rwanda (TIR) usaba abaca imanza z’abakekwaho kunyereza umutungo wa Leta, kugira ubushishozi ku bihano bihabwa abahamwe n’icyo cyaha kuko iyo babahaye...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ikemezo cy’urukiko mu manza RP00303/2017/TB/NYRGA, rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugunga; urubanza RPA00388/2018/TGI/NYGE, n’urubanza RPA00434/2018/TGI/NYGE, zombi zaciwe n’Urukiko rwisumbuye...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCA 00015/2018/TGI/RSZ, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatandatu tariki ya 09/03/2019 guhera saa munani z’amanywa (14h00)...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2014 n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi...
Mu ijoro ryo ku itariki 27 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Nyarusange yafatanye abagabo babiri ibicuruzwa...
Ku itariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera mu murenge wa Gashora, mu kagari ka Biryogo, yafashe ibikoresho...
Abakora umurimo wo kwikorera imizigo no kuyitwaza abagenzi mu mujyi wa Kigali, bazwi kw’izina ry’Abakarani, bahangayikishijwe n’ifaranga rimwe bakishyurwa ku kilo k’ibyo bikorera. Ni...