Mu rwego rwo kurangiza Urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2017, n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe r’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatandatu tariki ya 01/06/2019 hazagurishwa muri cyamunara imitungo ya Rwagasana Thomas na Mukakimenyi Marie Rosineikurikira:
UPI: 1/03/08/04/1417; UPI: 1/03/08/04/2288; UPI: 1/03/08/04/2285; UPI: 1/03/08/04/2366; yose iherereye mu kagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigaliahagenewe inganda. Cyamunara izaba guhera saa tanu z’amanywa (11h00).
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0788482817.
Bikorewe i Kigali, ku wa 24/05/2019
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé
