Mu rwego rwo kurangiza urubanza RCOM 00259/2016/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rukuru rw’ubucuruzi ku wa 31/10/2016 n’urubanza RCA 0167/09/TGI/GSBO;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu tariki ya 31/05/2019 hazagurishwa muri cyamunara umutungo wa Kananga Frnçois na Mukamwezi Immaculée ugizwe n’inzu iri mu kibanza gifite UPI: 5/03/04/04/02/2515 kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Banki ya Kigali (BK).
Uwo mutungo uherereye mu kagari Kayonza, mu murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba. Cyamunara izaba saa cyenda z’amanywa (15h00).
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0788482817.
Bikorewe i Kigali, ku wa 17/05/2019
Sé
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
