Amakuru
Abayobozi ba ADEPR kuva ku rwego rw’uturere kugeza ku rwego rw’igihugu bahawe ibiganiro murikarumuri ku miyoborere, imyitwarire iboneye no gukemura amakimbirane, biyemeza ko bagiye...
Hi, what are you looking for?
Abayobozi ba ADEPR kuva ku rwego rw’uturere kugeza ku rwego rw’igihugu bahawe ibiganiro murikarumuri ku miyoborere, imyitwarire iboneye no gukemura amakimbirane, biyemeza ko bagiye...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo RC 00013/2019/TB/NZG cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nzige; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya...
Binyuze muri gahunda ya “Visit Rwanda”, Leta y’u Rwanda n’Ikipe ya Paris Saint-Germain, mu bufatanye bumaze gushyirwa ahagaragara, bagiranye amasezerano yo kwamamaza ubukerarugendo mu...
Mu karere ka Ngoma, Umurenge wa Murama, hatangirijwe gahunda ya Leta y’ubwishingizi bw’amatungo n’ibihingwa izafasha abahinzi n’aborozi kwirinda ibibazo bajyaga bahura nabyo bakabura imyaka yabo cyangwa...
Ashingiye ku rubanza RCOMA 0067/2016/CS -RCOMAA 0063/16/CS, rwaciwe n’Urukiko rw’Ikirenga, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Kane tariki ya 12/12/2019 saa sita...
Umuryango udaharanira inyungu usanzwe ukora ibikorwa by’ubugiraneza birimo gufasha abatishoboye ugiye gushinga ikigo cy’ishuri kitezweho kuzamura ireme ry’uburezi. Rever’s Promise watangijwe mu Rwanda mu...
Ashingiye ku itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 153, iya 86 n’...
Hakenewe imfashanyigisho abantu bagenderaho kuko hari abagabo batita ku bana babo kuko nta makuru bafite. Hakenewe kandi ubufatanye bw’inzego zose mu bukangurambaga kugira ngo...
Mu rubanza rwa Neretse Fabien uburanishirizwa i Buruseli (bruxelles) mu Bubiligi, ku munsi warwo wa 17 mu rukiko habonetse umutangabuhamya utarigeze abazwa mu iperereza....
Kuba igitabo cyariswe “Goriyati araguye” bifitanye isano no kwerekana ko n’ubwo ibiyobyabwenge ari ikibazo gikomeye ariko gishobora gutsindwa nk’uko igihangange kivugwa muri Bibiliya cyahangamuwe...
Bamwe mu bafite ubumuga bashima ko mu Rwanda hashyizweho amategeko, amabwiriza ndetse na gahunda zitandukanye bigamije kurengera uburenganzira bw’abafite ubumuga mu buzima bwabo bwa...
Nyuma yo kunganya na AS Kigali ibitego 2-2 mu mukino wa 11 wa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ku wa 1 Ukuboza 2019, umukinnyi...
Kugeza ku munsi wa cumi n’umwe wa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, ku wa 30 Ugushyingo 2019, APR FC iyoboye urutonde n’amanota 27 nyuma...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rita ku buzima (OMS/WHO) rirashimira u Rwanda imbaraga n’umuhate rwashyize mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya SIDA n’izindi ndwara cyane cyane...
Mu kabari One Love k’uwitwa Mukeshimana Françoise ko mu murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, hafatiwe umugabo n’umugore bakoresha umwana w’imyaka 12 mu gucuranga...