Amakuru
Mu kiganiro n’Itangazamakuru cyo ku wa 12 Gashyantare 2019; Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyageze ku ntego cyihaye mu gukusanya imisoro n’amahoro...
Hi, what are you looking for?
Mu kiganiro n’Itangazamakuru cyo ku wa 12 Gashyantare 2019; Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyageze ku ntego cyihaye mu gukusanya imisoro n’amahoro...
Ku wa mbere tariki ya 11 Gashyantare 2019, mu gutaha ikigo abagenzi bategeramo imodoka cya Rwamagana, byatangajwe ko ibikorwa byayo bizarangira itwaye amafaranga y’u...
Mu cyumweru gishize Polisi ikorera mu karere ka Rutsiro yasabye abari mu kigo ngororamuco cya Murunda guhinduka bakazanira ibisubizo imiryango yabo aho kubera igihugu...
MU RWEGO RWO GUSHYIRA MU BIKORWA ICYEMEZO CY’URUKIKO MU RUBANZA RC01953/2016/TC/NYGE RWACIWE N’URUKIKO RW’UBUCURUZI RWA NYARUGENGE KU WA 06/04/2017, UMEHESHA W’INKIKO W’UMWUGA ARAMENYESHA ABANTU...
Paruwasi ya Kiyovu, imwe mu maparuwasi makuru y’Itorero ry’Abaperesibiteriyani mu Rwanda (EPR), iravugwamo imiyoborere igonganisha abakirisito ndetse n’imicungire mibi ishingiye ku kunyereza ibya Paruwasi....
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yavuze ko aho abaturage bizeye ko umutekano wabo urinzwe nta mpungenge z’ibyaha bishobora kuwuhungabanya bafite,...
Ku gicamunsi cyo ku wa 05 Gashyantare 2019, ubwo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufulukye Fred, ari kumwe n’abandi bayobozi ku rwego rw’intara basuraga abaturage bo...
Kuva ku wa kabiri tariki 05 Gashyantare, i Kigali hateraniye, ku nshuro ya 24, inama ya Interpol ishami rya Afurika, aho irebera hamwe uko...
Ku mugoroba wo ku wa 03 Gashyantare 2019, mu kagari ka Gatagara, Umurenge wa Mukingo, Akarere ka Nyanza, umugabo w’imyaka 36 yaguwe gitumo atetse...
Hinga Weze feed the future project commits to reduce some farmers’ challenges including lack of information on weather forecast, lack of access to quality...
Mu myaka itatu ishize, umushinga ugamije kunoza no kwimakaza imiyoborere myiza mu nzego z’ibanze (DALGOR), ukorera mu turere dutanu tw’u Rwanda, ugaragaza ko abaturage...
Kugira ngo harangizwe urubanza RSOC 0228/14/TGI/NYGE na RSCOCA 0084/15/HC/KIG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 08/02/2019 saa tanu...
Mu birori byo kwizihiza umunsi w’Intwari byabaye kuri uyu wa 01 Gashyantare 2019, abayobozi b’intara y’Iburasirazuba, bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Mukama mu karere ka...
Ku wa Kane tariki ya 31 Mutarama 2019, mu karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi hafatiwe ibicuruzwa bitandukanye byinjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije...
Mu imurika ry’iryavuye mu bushakashatsi bwakoze n’Umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe kwimakaza ihame ry’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore no guteza imbere imyumvire myiza y’umugabo (RWAMREC)...