Amakuru
Kigali – The United States Government, through the U.S. Agency for International Development (USAID), has donated 100 new state-of-the-art ventilators to Rwanda to fight...
Hi, what are you looking for?
Kigali – The United States Government, through the U.S. Agency for International Development (USAID), has donated 100 new state-of-the-art ventilators to Rwanda to fight...
Nyuma y’iminsi itageze kuri mirongo itatu (30) Umuvugizi wungirje wa ADEPR, Rev. Karangwa John, agizwe umwere ku byaha yaregwaga byatumye amara muri gereza ya...
Impuzamiryango iharanira iterambere ry’ubukungu burambye (NSEDO: Network for Sustainable Economic Development Organisations), ishimangira ko kugira ngo habeho iterambere ry’ubukungu rihamye, ritajegajega kandi rirambye ari...
Binyuze mu kigo cyayo gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID), Leta zunze ubumwe za Amerika zahaye u Rwanda inkunga y’imashini 100 zitanga umwuka ku barwayi ba...
Nk’uko bigaragara mu mabwiriza ya Minisitiri No 004/ 07.01 yo ku wa 24 Nyakanga 2020, agenga itangwa ry’ikarita ndangamuntu ku muntu wayitaye cyangwa wayibwe...
Bamwe mu babyeyi bahagarariye abandi baturuse mu mirenge 17 igize Akarere ka Rulindo bafite abakobwa b’abangavu babyariye iwabo, bahuguwe ku bijyanye n’itegeko ryo gukuramo...
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, irasaba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kunoza uburyo abakozi bashinzwe ubuhinzi n’abashinzwe ubworozi mu mirenge bakurikiranwa. Yanasabye Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kubongerera ubushobozi,...
Umunyamakuru Martin Niyonkuru yashyize hanze igitabo ‘IMBUTO Z’UMURUHO’ gikubiyemo inkuru igaragaza urugendo rwo kwigobotora ibibazo umuntu ashobora kunyuramo, agaharanira kubisohokamo no kubisohoramo abandi. Ni...
Abana b’abakobwa bagera ku 100, babyaye bari munsi y’imyaka 18 bo mu karere ka Rurindo, bongerewe ubumenyi ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo...
Abakundana bahuje ibitsina (homosexual) si abantu basanzwe bamenyerewe mu muryango nyarwanda. Umuco w’abanyarwanda ndetse n’imyemerere bikomeza imbaraga z’ihezwa n’akato ku bisanze bariho batyo. Umuryango...
Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC), kiravuga ko nyuma y’aho bigaragaye ko coronavirus izamara igihe kirekire; ngo hagiye kwifashishwa abajyanama b’ubuzima mu bikorwa byo...
Ku nkunga batewe n’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi (EU), imiryango itari iya Guverinoma yita ku buzima n’ubutabera, yaremeye imiryango isaga 160 yo mu karere ka...
Kugira abacungamutungo n’abakozi bashinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari beza kandi bakurikirana neza imirimo bashinzwe n’ibikenerwa byose kugira ngo umutungo ube ucunzwe neza, byatumye Komisiyo y’Igihugu...
Inama Nkuru ishinzwe Amashuri Makuru (HEC) irateganya gushyiraho amabwiriza akakaye ku bashoramari bateganya gushinga kaminuza zigenga n’amashuri makuru mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi...
Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) gitangaza ko abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye batazongera gukora ibizamini by’akazi, ahubwo ko hari komite izajya ibatoranya mu...