Amakuru
Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe isomero ry’Igiswahili (Maktaba ya Kiswahili) ryashyizwe mu Isomero rusange rya Kigali. Ku ikubitiro ritangiranye ibitabo 416 birimo inyandiko zitandukanye...
Hi, what are you looking for?
Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe isomero ry’Igiswahili (Maktaba ya Kiswahili) ryashyizwe mu Isomero rusange rya Kigali. Ku ikubitiro ritangiranye ibitabo 416 birimo inyandiko zitandukanye...
Nyuma y’uko Perezida Paul Kagame ahagaritse ku mirimo abari ba Guverineri b’Intara y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo, kuri uyu wa kabiri tariki 26 Gicurasi 2020; Gatabazi Jean...
Mu Rwanda inzego zitandukanye zifite aho zihuriye na gahunda zo gufasha imiryango kurya neza hagamijwe kurwanya imirire mibi itera igwingira na zimwe mu ndwara...
Dusengiyumva Samuel akomoka mu cyahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite imyaka 13 gusa....
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya ADEPR, Kayigamba Callixte, aravugwaho kwivanga mu nshingano za Biro Nyobozi, agamije kuyica intege kubera inyungu ze bwite. Aya makimbirane akajije...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha n’urwa Yougoslavia (IRMCT), Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rwa ba ruharwa...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kunywa icyayi, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashimiye NAEB impano y’icyayi cy’u Rwanda bageneye abaganga n’abandi bakozi. Ni mu rwego rw’uko aba...
Ku wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu mirenge ya Ruhashya, Tumba na Rusatira yahakoreye...
Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake batangiye ubukangurambaga bwo guhindura imyumvire y’abaturarwanda muri gahunda yo kurwanya Koronavirusi. Ubuyobozi bw’abakorerabushake buravuga ko ubu bukangurambaga bugamije gutera ingabo mu...
Kabuga Felisiyani wari umaze imyaka 26 ashakishwa kubera uruhare rwe rutaziguye mu gutera inkunga Jenoside yakorewe Abatutsi, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Mu buzima busanzwe hari byinshi abantu bakora, cyane cyane ibimenyetso, ariko batazi icyo bisobanuye. Ibyo biza kenshi iyo abantu bafitanye ubucuti bukomeye, baba bari...
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umunyamakuru wa Panorama.rw, Prof Malonga Pacifique yavuze birambuye ku buzima bwe. Aravuga byinshi yanyuzemo kuva atangiye amashuri ye abanza, ari...