Amakuru
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, irasaba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kunoza uburyo abakozi bashinzwe ubuhinzi n’abashinzwe ubworozi mu mirenge bakurikiranwa. Yanasabye Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kubongerera ubushobozi,...
Hi, what are you looking for?
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, irasaba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu kunoza uburyo abakozi bashinzwe ubuhinzi n’abashinzwe ubworozi mu mirenge bakurikiranwa. Yanasabye Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kubongerera ubushobozi,...
Umunyamakuru Martin Niyonkuru yashyize hanze igitabo ‘IMBUTO Z’UMURUHO’ gikubiyemo inkuru igaragaza urugendo rwo kwigobotora ibibazo umuntu ashobora kunyuramo, agaharanira kubisohokamo no kubisohoramo abandi. Ni...
Abana b’abakobwa bagera ku 100, babyaye bari munsi y’imyaka 18 bo mu karere ka Rurindo, bongerewe ubumenyi ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo...
Abakundana bahuje ibitsina (homosexual) si abantu basanzwe bamenyerewe mu muryango nyarwanda. Umuco w’abanyarwanda ndetse n’imyemerere bikomeza imbaraga z’ihezwa n’akato ku bisanze bariho batyo. Umuryango...
Ikigo Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC), kiravuga ko nyuma y’aho bigaragaye ko coronavirus izamara igihe kirekire; ngo hagiye kwifashishwa abajyanama b’ubuzima mu bikorwa byo...
Ku nkunga batewe n’Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi (EU), imiryango itari iya Guverinoma yita ku buzima n’ubutabera, yaremeye imiryango isaga 160 yo mu karere ka...
Kugira abacungamutungo n’abakozi bashinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari beza kandi bakurikirana neza imirimo bashinzwe n’ibikenerwa byose kugira ngo umutungo ube ucunzwe neza, byatumye Komisiyo y’Igihugu...
Inama Nkuru ishinzwe Amashuri Makuru (HEC) irateganya gushyiraho amabwiriza akakaye ku bashoramari bateganya gushinga kaminuza zigenga n’amashuri makuru mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi...
Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) gitangaza ko abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye batazongera gukora ibizamini by’akazi, ahubwo ko hari komite izajya ibatoranya mu...
Ibitaro bya Kigeme biherereye mu karere ka Nyamagabe, byahagaritse Serivise ku bigana bose nyuma y’uko hagaragayemo umuganga n’umuforomo banduye icyorezo cya COVID-19. Nk’uko tubikesha...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2020 muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yize ku cyorezo cya...
Abaturage ba Bugesera bavuga ko kuba batagira amazi ari imbogamizi mukwirinda no gukurikiza amambwiriza yo kwirinda ikwirakwinzwa ry’icyorezo cya COVID-19. Ariko hari nabandi bagifite imyumvire...
Zimwe muri gahunda zashyizweho na guverinoma mu gufasha abaturage kwishakamo ibisubizo biri mu miryango zirimo Umugoroba w’ababyeyi n’inshuri z’umuryango. Izi gahunda zihawe imbaraga kandi...
Imurikabikorwa ritegurwa na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ryagombaga kuba ku nshuro ya 15 rikabera ku Mulindi mu karere ka Gasabo aho risanzwe ribera, ryasubitswe...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe uwitwa Hamuli Ruben w’imyaka 26, akurikiranweho kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19, aho yafashwe atambaye agapfukamunwa, hanyuma yandika...