Amakuru
Binyujijwe ku rubuga rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO), yavuze ko abaganga barwaje abarwayi ba Covid-19, abarwayi ndetse n’undi wese ugaragaza ibimenyetso by’icyo...
Hi, what are you looking for?
Binyujijwe ku rubuga rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO), yavuze ko abaganga barwaje abarwayi ba Covid-19, abarwayi ndetse n’undi wese ugaragaza ibimenyetso by’icyo...
Impuguke mu miyoborere na politiki zisanga igihe kigeze ngo kubazwa inshingano no gushyira imbere inyungu rusange bibe umurage ku babyiruka. Ibi barabitangaza mu gihe...
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika biyemeje gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare, binyuze mu ivugurura ry’amasezerano yari asanzwe hagati y’ibihugu byombi. Ku...
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020 Urukiko rw’ibanze rwa Nyanza, Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka; rwasomeye Ntaganzwa Ladislas uregwa ibyaha...
Mu murenge wa Kanzenze mu Kagari ka Kirerema mu mudugudu wa Bisesero habonetse umurambo w’umugabo wari umaze iminsi ibiri (2) abuze, akaba yasanzwe mu...
Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe isomero ry’Igiswahili (Maktaba ya Kiswahili) ryashyizwe mu Isomero rusange rya Kigali. Ku ikubitiro ritangiranye ibitabo 416 birimo inyandiko zitandukanye...
Nyuma y’uko Perezida Paul Kagame ahagaritse ku mirimo abari ba Guverineri b’Intara y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo, kuri uyu wa kabiri tariki 26 Gicurasi 2020; Gatabazi Jean...
Mu Rwanda inzego zitandukanye zifite aho zihuriye na gahunda zo gufasha imiryango kurya neza hagamijwe kurwanya imirire mibi itera igwingira na zimwe mu ndwara...
Dusengiyumva Samuel akomoka mu cyahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite imyaka 13 gusa....
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya ADEPR, Kayigamba Callixte, aravugwaho kwivanga mu nshingano za Biro Nyobozi, agamije kuyica intege kubera inyungu ze bwite. Aya makimbirane akajije...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha n’urwa Yougoslavia (IRMCT), Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rwa ba ruharwa...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kunywa icyayi, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashimiye NAEB impano y’icyayi cy’u Rwanda bageneye abaganga n’abandi bakozi. Ni mu rwego rw’uko aba...
Ku wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu mirenge ya Ruhashya, Tumba na Rusatira yahakoreye...
Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake batangiye ubukangurambaga bwo guhindura imyumvire y’abaturarwanda muri gahunda yo kurwanya Koronavirusi. Ubuyobozi bw’abakorerabushake buravuga ko ubu bukangurambaga bugamije gutera ingabo mu...