Amakuru
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Hi, what are you looking for?
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Kaminuza y’Ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB), yiyemeje umuhigo wo guhugura nibura abantu 2000 buri mwaka mu ikoranabuhanga, abo bakazaba ari abakiri ku ntebe y’ishuri ndetse...
Itorero Inyamibwa ribyina imbyino za gakondo risusurutsa abashyitsi basuye Umurenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi, rigizwe n’ababyinnyi bagera kuri mirongo itandatu (60),...
Abaturage b’akarere ka Rwamgana ho ntara y’Iburasirazuba barishimira ibyo ubuyobozi bukomeje kubagezaho, bituma badasigara inyuma mu iterambere kimwe n’abandi banyarwanda. Ku wa gatatu tariki...
Ikibazo cya serivisi mbi itangwa ku rwego rw’akagari mu karere ka Nyagatare kubera ko ahenshi abakozi batuzuye kandi bagira inshingano nyinshi, kiza ku isonga...
«Ihuriro ni i Huro!» Uyu mugani umenyerewe cyane mu mateka y’u Rwanda ariko kandi si amarenga aka gace karahari. Huro ni akagari ko mu...
Ku itariki ya 7 Nyakanga 2019, Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gatenga, yafashe umusore n’inkumi bakekwaho kwiba amafaranga angana n’ibihumbi...
Ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 25 yo kwibohora, abaturage bo mu karere ka Ngoma baremeye bamwe mu bamugariye ku rugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika...
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icuruzwa ry’abantu ni kimwe mu bibazo bihangayikishije umuryango nyarwanda; akenshi usanga ryibasira abagore, abakobwa n’abana. Ni muri urwo rwego ikigo...
Ku wa mbere tariki ya 1 Nyakanga 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Ngoma yafashe umushoferi ukekwaho gukoresha...
Abashyizehamwe bahujwe n’urubuga nkoranyambaga rwa Whatsapp, bahuriye kw’izina Inkoramutima Family, bakoresheje ubushobozi bwabo buri wese uko yifite, basuye umubyeyi wacitse kw’icumu rya Jenoside yakorewe...
Urubyiruko rwibumbiye muryango ugamije kurinda ibyagezweho no kubaka Ndi umunyarwanda binyuze mu burere mboneragihugu no mu mibereho myiza (YURI: Youth Unit Rwanda Imihigo), bishimira...
Ku wa 26 Kamena 2019 mu murenge wa Rukomo ho mu karere ka Nyagatare, habereye umuhango wo gusoza ubukangurambaga bwo kurwanya no kurandura ibiyobyabwenge....
Bamwe mu batuye umurenge wa Sake, mu karere ka Ngoma basaba ko gutanga amakuru ashingirwaho kugira ngo umuturage ashyirwe mu kiciro cy’Ubudehe byajya bikorerwa...
Mu rwego rwo kurushaho kumenya amateka y’u Rwanda ndetse ko gufata ingamba nshya mu kunoza serivisi batanga, abakozi basaga 200 ba Sosiyete y’u Rwanda...