Amakuru
Kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo urusheho kugenda neza, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rikoresha imbwa rizwi ku izina rya “Canine Brigade”. Izi mbwa zikaba...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo urusheho kugenda neza, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rikoresha imbwa rizwi ku izina rya “Canine Brigade”. Izi mbwa zikaba...
Ku wa mbere tariki 14 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu mirenge ya Ngera na Ngoma yakoze umukwabo wo...
Ku wa Kabiri tariki ya 15 Mutarama 2019, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Bwana Mufulukye Fred ari kumwe n’abagize Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Ubutaka mu Turere...
Nyuma y’amezi umunani (8) bahawe inkunga mu mushinga wo kunganira ibikorwa by’abikorera bishyize hamwe, watangijwe n’Ikigega cyo gushyigikira ubufatanye bw’abikorera (LCF), benshi mu bigo...
Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’abakorerabushake ruhagarariye urundi rwo mu mirenge 15 igize akarere ka Nyamasheke rwahuriye ku biro by’umurenge wa Shangi rusabwa gukumira...
Ku wa 11 kugeza tariki ya 12 Mutarama 2018, Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, mu mukwabu wabereye mu muhanda uva i ...
Polisi y’u Rwanda irasaba imiryango ibanye mu makimbirane kwisunga ubuyobozi n’amategeko bitaragera aho bibyara ubwicanyi. Ibi Polisi ibitangaje nyuma y’aho mu murenge wa Kanyinya...
Abagore batuye mu murenge wa Kimihurura barasabwa kwitinyuka buri wese akikuramo imyumvire ko yatera imbere ari uko akoresheje amafaranga menshi, ahubwo bakumva ko umuntu...
Rwanda Inspiration Back Up itegura iri rushanwa yatangaje ko guhera mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, abazatorwa nk’ibisonga bya Nyampinga w’u Rwanda, nabo...
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangije mu gihugu hose ibikorwa byo kurwanya abamotari bica amategeko nkana aho usanga bakora badafite ibyangombwa...
Urubyiruko ruhagarariye abandi bibumbiye mu muryango witwa ENAG (Education for Nations Africa Girubuntu) uhuriwemo n’abarangije kwiga ndetse n’abakiga muri za kaminuza n’amashuri yisumbuye hirya...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Itsinda ry’abadepite batangiye uruzinduko mu karere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019. Mu bibazo byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere, harimo ikibazo cy’idindira...
Bamwe mu batuye Rusizi bavuga ko batamenye amakuru ku rubanza rwa Rukeratabaro Théodore ushinjwa gukora ibyaha bya Jenoside akaba yarakatiwe n’ubutabera bwa Suwedi ubu...