Amakuru
Abadozi n’abanyamideri bateza imbere umwambaro w’igitenge barategura imurikagurisha n’igitaramo bizarangwa n’umwambaro w’igitenge. Muri Car Free Zone mu Mujyi wa Kigali ku wa 18 Gashyantare...
Hi, what are you looking for?
Abadozi n’abanyamideri bateza imbere umwambaro w’igitenge barategura imurikagurisha n’igitaramo bizarangwa n’umwambaro w’igitenge. Muri Car Free Zone mu Mujyi wa Kigali ku wa 18 Gashyantare...
Akarere ka Gatsibo kamaze kuzuza Hoteli “Akagera Resort and Country Club” ije kuba igisubizo ku macumbi y’abagana ako karere, ubundi bagombaga kurara i Nyagatare cyangwa...
Ubwihererezo bwo mu mashuri ni kimwe mu bituma abana bafite ubumuga bata ishuri, bikaza byiyongera ku myumvire y’ababyeyi, bamwe mu bayobozi ndetse na bamwe...
Umuryango uharanira iterambere ry’abagore n’ubufatanye mu itumanaho (Femnet: African Women’s Development and communication Network ) irasaba ibihugu by’Afurika gushyira imbaraga mu iyubahirizwa ry’amategeko arengera...
Kubona amakuru yerekeye abantu bafite ubumuga, amatangazo ku bikorwa biteganywa, amaserivisi y’abafatanyabikorwa, ibikubiye mu mishinga yaba iya kera n’iteganyijwe n’abafatanyabikorwa ni ibyo ushobora kugeraho...
Ikpe ya Cameroun ni yo yegukanye igikombe cya Afurika 2017cy’ibihugu itsinze Ikipe ya Misiri ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wabaye ku wa 5...
Nyuma y’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 12 Ukwakira 2016 yemeje Umushinga w’Itegeko Ngenga ryongera Igiswahili ku rutonde rw’Indimi zemewe mu Rwanda, abanyamakuru bavuga igiswahili bashyizeho...
After seven years of fighting to promote Kiswahili among Rwandans for faster integration in the East African Community through media lessons, public talks, University Lectures,...
Mu gihe kitarenze umwaka umwe, Mukaruliza Monique, atorewe kuyobora Umujyi wa Kigali, inama y’abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 3 Gashyantare 2017, iyobowe na Perezida...
Umunsi w’intwari wizihizwa ku wa 1 Gashyantare buri mwaka, muri uyu mwaka mu murenge wa Remera, akagari ka Rukiri II waranzwe no gushimira abagize...
Buri tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, kuko ari umunsi wo kwibuka ibikorwa byaranze intwari. Umunsi mukuru ngarukamwaka w’intwari wizihirizwa ku...
Amakuru akomeje gucaracara aravuga ko Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere ubu abarizwa mu maboko y’ubutabera, kuva ku wa...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’abaturage (PSD), ntirifata icyemezo cyo kuzatanga umukandida uzahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika muri Kanama 2017, icyemezo nyacyo kikazatangazwa...
Mu rukerera rwo ku cyumweru tariki ya 29 Mutarama 2017, abarwanyi bivugwa ko ari aba M23 batangiye gusesekara ku butaka bw’u Rwanda bahunga ingabo...
Amafaranga atangwa n’abaturage mu kugira uruhare mu kwicungira umutekano aho batuye, agiye kujya atangwa hakurikijwe ibyiciro by’ubudehe abantu barimo. Amabwiriza yatanzwe n’Umujyi wa Kigali...