Amakuru
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko ibyuka abatuye isi bohereza mu kirere, birimo gutuma mu mwaka wa 2030 isi izaba ishyushye ku kigero kirenze icyari...
Hi, what are you looking for?
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye, igaragaza ko ibyuka abatuye isi bohereza mu kirere, birimo gutuma mu mwaka wa 2030 isi izaba ishyushye ku kigero kirenze icyari...
Inyigo ziheruka gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cyo Kubunngabunga Ibidukikije (REMA), zagaragaje ko mu Rwanda habarurwa firigo 97,512. Muri zo 64,505 zirashaje cyane ku buryo zikoresha...
Ubutaka bwo ku nkombe z’ibiyaga n’imigezi ni umutungo rusange wa Leta, ntawemerewe kubukoresha atabihewe uruhushya na minisiteri ifite ibidukikije mu nshingano zayo. Ubutaka buri...
Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamata, mu karere ka Bugesera bishimira guteka bakoresheje gazi kuko kuyikoresha byihutisha kurusha inkwi zisanzwe cyangwa amakara....
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu baravuga ko bamaze imyaka irenga irindwi batarabona ingurane y’imirima yabo bambuwe ikagurirwamo...
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Ikimpoteri ni ahantu harundwa imyanda ituruka mu ngo, amahoteri n’amaresitora, amaduka, inganda, amavuriro n’ahandi… Ikimpoteri gushyirwa ahantu hitaruye cyane abaturage. Ubusanzwe ikimpoteri gitunganye cyangombye...
Ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA), abacuruzi b’ibyuma bikonjesha biyemeje kugabanya iyinjira ry’ibifite ibinyabutabire byangiza akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Ozone); kugira ngo ikoreshwa...
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Ikigo k’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije (REMA) cyakoresheje amarushanwa y’umupira w’amaguru mu turere dukora ku ishyamba rya Mukura na Gishwati, hagamijwe gukangurira urubyiruko kugira...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) bwasabye ko kubungabunga akayunguruzo k’imirasire y’izuba byagirwamo uruhare na buri wese mu rwego rwo gushyigikira iterambere rirambye...
Rwanda from 28–30 August 2018 hosts a Pan African Workshop on Access and Benefit Sharing of Genetic Resources (ABS). The workshop brings together participants...
Kuva ku wa 28 kugera ku wa 30 Kanama 2018, u Rwanda rurakira inama Nyafurika iganira ku bijyanye n’uburyo bwo kugera ku mutungo ndangakamere...
Panorama Nk’uko tubikesha Polisi y’igihugu, ku wa gatatu tariki 4 Werurwe 2018, mu cyumba cy’inama cy’akarere ka Ngororero habereye amahugurwa y’umunsi umwe yitabiriwe n’Abapolisi...