Amakuru
Nyuma y’amezi asaga 9 u Rwanda rutangiye ibikorwa byo gukingira abaturage COVID-19, abaturarwanda basaga miliyoni 7 n’igice, bangana na 80% by’abagomba gukingirwa bamaze guhabwa...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’amezi asaga 9 u Rwanda rutangiye ibikorwa byo gukingira abaturage COVID-19, abaturarwanda basaga miliyoni 7 n’igice, bangana na 80% by’abagomba gukingirwa bamaze guhabwa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC cyasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Covid19 ndetse no kwikingiza muri ibi bihe byegereza iminsi mikuru isoza umwaka. RBC ivuze...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima_OMS, ritangaza ko ubwoko bushya bwa COVID-19 buzwi nka Omicron, bumaze kugera mu Bihugu 57 hirya no hino ku...
Bamwe mu bafite ubumuga bagera ahakorerwa imirimo itandukanye, batangaza ko babasha kwibeshaho na bo, bahawe ubumenyi bw’inyongera hitabwa ku byo buri wese abasha, hashingiwe...
Bamwe mu babyeyi batishoboye bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko bagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite uburwayi bwo mu mutwe, bigera n’aho...
Leta y’u Rwanda iramara abanyarwanda impugenge ko badakwiye gutinya gufata urukingo rwa COVID-19 doze ya gatatu kuko ari urwongerera ubushobozi izatewe mbere, nk’uko n’izindi...
Bamwe mu babyeyi batwite n’abonsa bo mu karere ka Musanze bavuga ko batagifite impugenge zo kwikingiza COVID-19, kuko basobanukiwe ko batatsinda iki cyorezo batikingije....
Ni ibyatangajwe n’Ikigo cy’Abanyamerika kizobereye mu bijyanye no gukora Imiti, Moderna Inc., muri gahunda yo gutangira gukorera inkingo ku Mugabane wa Afurika. Ibihugu byashyizwe...
Ibiganiro bike hagati y’abana n’ababyeyi ku buzima bw’imyororokere ni kimwe mu bituma urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, bibaviramo kwandura indwara zandurira mu mibonano...
Nyuma y’umwaka n’igice urenga hafashwe ingamba zitandukanye zo gufunga bimwe mu bikorwa bihuza abantu, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid_19, utubari twakomorewe kongera kwakira...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko abantu bakomeje kugaragaza ihungabana rikabije, bitewe n’ ibibazo by’ingaruka z’icyorezo cya Covid_19 gikomeje gukoma mu nkokora abatari bacye mu Gihugu....
Bamwe mu bagore bakuze bibaza impamvu badakingirwa Kanseri y’Inkondo y’umura ndetse na Kanseri y’Ibere ariko Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima cyo kivuga ko nta gahunda...
Mu gihe mu Rwanda hatangwa urukingo rwa COVID-19 haherewe ku bafite imyaka 18, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, bamwe mu bafite ubumuga basaba...
Abageze mu zabukuru bafite hejuru y’imyaka 60 barimo gukingirwa Covid 19 babasanze mu ngo zabo, ni igikorwa bishimiye kuko bamwe bagorwaga no kugera aho...
Mu gihe hakomejwe ingamba zo kurwanya icyorezo cya ‘Corona virus’, gahunda ya ‘Guma mu rugo’ yabangamiye imikorere ya bamwe mu batwara abagenzi mu mujyi...