Ishuri rya Nyagatare Secondary School riherereye mu karere ka Nyagatare, Intara y’Iburasirazuba ririfuza gutanga isoko ry’ibikoresho n’iryo gukora imodoka y’ishuri Toyota Hilux Vigo.
Ibikenewe muzabisanga mu bitabo bikubiyemo amabwiriza agenga isoko biboneka mu biro by’ubunyamabanga bw’iryo shuri mu minsi y’akazi guheraa tariki ya 13/04/2019 hamaze kwishyurwa amafaranga y’u Rwanda adasubizwa angana n’ibihumbi bitanu (5000 Frw), kuri Konti No: 0005807728927-09 iri muri Banki ya Kigali (BK) ya Nyagatare Secondary School.
Amabahasha y’ipiganwa afunze neza agomba kuba yagejejwe mu bunyamabanga bw’ikigo tariki ya 20/05/2019 saa tanu za mugitondo (11:00am). Gufungura amabahasha ni kuri iyo tariki saa tanu n’igice za mugitondo (11:30am), mu cyumba cy’inama cya Nyagatare Secondary School.
Bikorewe i Nyagatare ku wa 11/04/2019
Tel.: 0788599774
Umuyobozi w’ikigo
Sé
