Amakuru
Kuva ku wa 28 kugeza ku wa 29 Ukuboza 2019, Abasenateri bateguye umwiherero, aho bazaganira ku buryo bw’imikorere n’imikoranire mu gutunganya inshingano za Sena...
Hi, what are you looking for?
Kuva ku wa 28 kugeza ku wa 29 Ukuboza 2019, Abasenateri bateguye umwiherero, aho bazaganira ku buryo bw’imikorere n’imikoranire mu gutunganya inshingano za Sena...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP 0374/09/TGI/MHG, rwaciwe n’Urukiko Rwisunmbuye rwa Muhanga, urubanza rukaba rugomba kurangizwa ku gahato; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose...
Ashingiye ku rubanza RCOMA 0067/2016/CS -RCOMAA 0063/16/CS, rwaciwe n’Urukiko rw’Ikirenga, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatatu tariki ya 04/12/2019 saa...
Ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma yafatiye mu murenge wa Remera umugabo ukurikiranweho kwiba inka...
Kuva tariki ya 05 Ugushyingo 2019 abana biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye batangiye ibiruhuko birebire bisoza umwaka w’amashuri wa 2019. Ni ibiruhuko bikunze...
Kuva ku wa mbere tariki ya 25 kugeza ku wa 27 Ugushyingo 2019 mu Rwanda hateraniye inama mpuzamahanga ku buringanire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore...
Ku cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2019, ahagana saa yine n’igice z’ijoro ni bwo itsinda ry’impunzi n’abimukira 117 bo muri Libya ryageze ku kibuga...
Mu gusoza amarushanwa mu mikino ngororamubiri y’abana batarengeje imyaka 15, ku wa 24 Ugushyingo 2019 yabereye kuri Stade Cyasemakamba mu karere ka Ngoma, Akarere...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Mu...
Ababyeyi bayobotse Ikigo mbonezamikurire y’abana bato bishimira ko abana bagezemo bahabwa uburere bwiza kandi bakiyungura ubumenyi, hakiyongeraho no kugira ubufatanye mu kubategurira indyo yuzuye...
Umuryango Imbuto Foundation, mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kugira ubuzima bwiza yahaye Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) Inkeragutabara makumyabiri (20), na yo yahise izikiriza ibitaro. Imwe...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Nyarugenge na Rwamagana yafashe amakarito 170 na litiro 4,320 y’inzoga zitemewe mu Rwanda yitwa Kambuca. Aya makarito...
Mu rubanza rwa Fabien Neretse ruri kubera i Bruxelles mu Bubiligi, hakomeje kumvwa abatangabuhamya, aho muri iki cyumweru hategereje kumvwa abagera kuri 60 bashinja...
Mu murenge wa Bugarama, wo mu karere ka Rusizi y’Amajyepfo, uhana imbibe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa 19 Ugushyingo 2019, habereye...
Nyuma y’uko mw’iburanishwa ry’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira i Buruseli mu Bubiligi, hamenyekanye ko umutangabuhamya Neretse Emmanuel wari uhategerejwe yanditse avuga ko atakije. Uyu...