Amakuru
Abagize group ya Fine Gospel baravuga ko urubyiruko ari imbaraga z’igihugu kandi z’Itorero zubaka. Muri iki gitaramo hiteguwemo gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza. Abagize...
Hi, what are you looking for?
Abagize group ya Fine Gospel baravuga ko urubyiruko ari imbaraga z’igihugu kandi z’Itorero zubaka. Muri iki gitaramo hiteguwemo gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza. Abagize...
Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rwa Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda ni uko abakuru b’ibihugu n’abazaguverinoma bateraniye mu nama ya 17 y’Umuryango w’ibihugu bikoresha...
Mu karere ka musanze, abarwanduye Virusi itera SIDA (HIV), bisuzumishije kandi bagafata imiti, kuva uyu mwaka watangira wiyongereyeho abantu bagera kuri 400 bavuye ku...
Erevan, umurwa mukuru wa Arumeniya, ni wo urimo kuberamo inama nkuru ya cumi na karindwi y’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (Organisation Internationale de la...
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Rutsiro yateranye ku wa 09 Ukwakira 2018, abayobozi basabwe kongera ubufatanye n’abaturage, mu rwego rwo kurushaho kwicungira umutekano,...
Hirya no hino mu gihugu Polisi y’u Rwanda imaze iminsi iri mu bikorwa byo kurwanya abantu bambutsa ibicuruzwa bakabyinjiza mu gihugu bidasoze. Ni muri...
Mu mpera z’icyumweru gishize Tariki ya 6 Ukwakira 2018, kuri Sitade Amahoro habeye amarushanwa ya Taekondo mu byiciro bitandukanye. Muri ayo marushanwa ikipe ya...
Nishimiye kubasuhuza; Muri gahunda yo guteza imbere igihugu cyacu mu guteza imbere urubyiruko no gusabana kwarwo, nagira ngo nsabe uwaba afite aderesi z’abari abayobozi...
Istanbul, 10 October 2018- The Rt. Hon. Prime Minister, Dr Edouard Ngirente is in Istanbul, Republic of Turkey, representing His Excellency Paul Kagame, President...
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku mutungo aho abagabo bacunga umutungo w’urugo ...
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Bugarama, mu karere ka Rusizi, baravuga ko amafaranga bakura mu buhinzi bw’umuceri n’inyanya bakorera mu kibaya cya...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza No RP00490&00698/2016/TGI/NYGE rwaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 16/02/2017, n’urubanza RPA00285&00298&00326&00338&00339 rwaciwe n’Urukiko...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo N ° 018-054719 cy’Umwanditsi Mukuru cyo kugurisha ingwate, cyatanzwe tariki ya 13/08/2018 kugira ngo hishyurwe umwenda nyir’ikibanza...
Abagore bo mu murenge wa Remera, mu karere ka Gasabo, bavuga ko kwibumbira mu makoperative byabafashije kwiteza imbere, kwigirira, kunga ubumwe no kuzamura imyumvire...
Polisi y’u Rwanda k’ubufatanye n’abaturage ndetse n’abayobozi mu nzego z’ibanze, bakomeje ibikorwa byo kurwanya inzoga zitemewe hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu ntara...