Amakuru
Abagabo babiri bo mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro b’abanyerondo bafashwe bakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi cumi na bitanu (15000Frw) kugira...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Polisi N’ubw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro busaba abatarahererekanya ibinyabiziga kubikora bitarenze Gashyantare 2026. Bigomba gukorwa muri icyo gihe cyatanzwe kuko abatazabikora byo...
Abagabo babiri bo mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro b’abanyerondo bafashwe bakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi cumi na bitanu (15000Frw) kugira...
Ku wa mbere tariki ya 07 Mutarama 2019, abapolisi bakorera mu ishami rya Polisi rishinzwe gutabara aho rukomeye (Special Intervention Force) batanze amaraso azafasha...
Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Rusizi, Intara y’ Iburengerazuba uravuga ko nubwo hari ibihugu byahagurukiye...
Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, MPDEH (People’s Movement for Human Right Education) uratangaza ko abana bakomeje kugaragara mu mirimo ivunanye yo...
Ku Cyumweru tariki ya 06 Mutarama 2019, abagabo batatu bafatiwe mu mirima y’abaturage mu murenge wa Rusebeya, Akarere ka Rustiro bacukura amabuye y’agaciro mu...
Mu bikorwa byo kurwanya icuruzwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu karere ka Rulindo mu murenge wa Ntarabana, mu muhanda Gatuna-Kigali hafatiwe umusore w’imyaka 20 afite ibipfunyika...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite bazasura ibikorwa binyuranye hirya no hino mu gihugu bifasha abaturage kugera ku iterambere. Nk’uko tubikesha itangazo ryatanzwe n’Inteko...
Ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaga ikiganiro mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’abayobozi b’inzego z’ibanze riteraniye i Nyamata mu karere ka Bugesera, mu gihe cy’iminsi...
Bishatsemo ubushobozi ababyeyi bo mu murenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, ku wa 5 Mutarama 2019, begeranyije abana bose baba abo mu miryango yishoboye...
Mwiseneza Josiane ukomeje gutungurana mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2019, akaba yaranikiye bagenzi be mu matora yakozwe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga, ndetse ubu akaba...
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu karere ka...
Tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera muri gare ya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge yafashe umugabo wahoze ari umupolisi, ubu wakoraga...
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Abakobwa bose uko ari 37 batsinze mu ntara zose ubu bameze neza, kandi biteguye kuvamo 20 ba mbere bazakomeza muri Boot Camp. Ijonjora rya...
Abaturage bo mu karere ka Gisagara barasabwa kudakingira ikibaba abantu bakora bakanacuruza inzoga zitemwe. Ibi babisabwe ku wa Gatatu tariki ya 02 Mutarama 2019 ubwo...