Mu rwego rwo kurangiza urubanza RC 00937/TGI/NYGE rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 05/04/2018 kugira ngo hishyurwe amafaranga MUNYAKAYANZA Samuel yatsindiye.
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu tariki ya 16/03/2019 hazagurishwa muri cyamunara umutungo wa RUNUYA Jean ugizwe n’inzu ifite UPI: 1/03/02/03/3430, iherereye mu mudugudu wa Bwiza, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Cyamunara ikazaba saa munani z’amanywa (14h00).
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398 / 0738307398
Bikorewe i Kigali, ku wa 06/03/2019
Me NDAYOBOTSE Silas
Umuhesha w’inkiko w’umwuga
Sé
