Amakuru
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Hi, what are you looking for?
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 mu ngingo yaryo ya 140, kuva ku itariki ya 13...
Aya makuru yatangajwe na Amb Olivier Nduhungirehe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yatangajwe kandi na christoph vogel umushakashatsi ku makimbirane mu karere...
Mu bikorwa byo gukumira no ku rwanya ibiyobyabwenge byakozwe na Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gisagara, mu mirenge ya Mamba...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage inzego z’umutekano zafatiye mu cyuho abagabo 14 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko tubikesha Polisi y’u...
“Umukoresha ubuza umugenzuzi w’umurimo kwinjira mu kigo, uwanze kumuha amakuru, utitaba ihamagarwa, cyangwa udashyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi w’umurimo, aba akoze ikosa ryo mu...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...
Abapolisi 102 bayobora abandi mu duce twose tw’igihugu bagiranye inama igamije kwimakaza ihamwe ry’uburinganire mu kazi k’igipolisi, aho abapolisikazi basabwe kurushaho kwiyubakamo icyizere kuko...
Kwishyurirwa ibikenewe byose kugira ngo abana makumyabiri bakomoka mu miryango itishoboye bakomoka mu murenge wa Shyorongi, mu karere ka Rulindo, ni kimwe mu byaranze...
Bamwe mu bafashwe bacuruza ibiyobyabwenge baricuza ko bahemukira umuryango nyarwanda, bagasaba abagifite aho bahuriye nabyo kwihutira kubireka batarahura n’ingaruka zikomeye zibategereje. Ibi babitangaje ku...
Kuva taliki ya 25 Ugushyingo kuzageza ku ya 10 Ukuboza 2018, u Rwanda rurifatanya n’isi mu minsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa....
Ubukangurambaga bw’iminsi itatu bwakorewe abana ijana batewe inda batarageza ku myaka y’ubukure mu karere ka Ngororero, bwatumye ku wa 20 Ugushyingo 2018, ababyeyi b’aba...
Umuturage utuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jali, ku wa kane tariki ya 6 Ukuboza 2018, mu nzu iwe hafatiwe amabaro 35 y’imyenda...
Abaturage n’abayobozi mu nzego zitandukanye kuva ku mudugudu kugera ku karere basabwe gukorera hamwe kugira ngo imihigo yeswe neza uko yahizwe. Ibi babisabwe na...
Polisi y’u Rwanda iraburira abagura ibintu bitandukanye kujya bitondera ibyo bagura, kuko bimaze kugaragara ko hari igihe biba ari ibyiganano bitujuje ubuziranenge, ku buryo...
Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego zishinzwe umutekano muri Central Africa (MINUSCA) Brig. Gen. Mouhamed Selloum yashimiye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu ...