Amakuru
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Hi, what are you looking for?
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Marie Josee Uwiringira Amafaranga y’Ihazabu cyangwa amagarama acibwa abahamwe n’icyaha, aba agomba kujya mu isanduku ya Leta; ariko uturere dutangaza ko harimo ayo tutishyuza...
Panorama Abakozi batandatu bakoreraga ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB), kuva tariki 28 Ukuboza 2017 batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bakurikiranyweho ibyaha...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Polisi yitabaje urwego rwo kurira igipangu kugira ngo bagere mu rugo rwa...
Maj Dr Aimble Rugomwa Mupenzi wari ukurikiranyweho kwica umwana wo mu baturanyi Urukiko rwa Gisirikare i Nyamirambo rwamuhanishije gufungwa imyaka icumi (10), kwamburwa impeta...
Urukiko Rukuru rwafashe umwanzuro wo kurekura by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana wari Umuvugizi wungirije wa ADEPR, kubera kujya kwivuza kuko afite uburwayi bukomeye. Iki cyemezo...
Ku wa mbere w’iki cyumweru uwitwa Nduwimana André yahamijwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma, rwo mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, ibyaha birimo kwiyitirira...
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Jeremie Sinamenye wari ufunze guhera tariki ya 21 Nyakanga 2017, byari biteganyijwe ko aburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa...
Kayitasire Egide wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, agasezera ku kazi, yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Nk’uko tubikesha igihe.com, ayo makuru yemejwe...
Ubwo Inkiko Gacaca zatangiranga kuburanisha abakoze icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abireze bakemera icyaha bahawe igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo -TIG....
Mu magambo aremereye, ku wa 17 Gicurasi 2017, urubanza rwa Dr Kabirima Jean Damascene ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Rusenge...
Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere, kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 we n’abo baregwa mu rubanza rumwe, bagejejwe...
Amakuru akomeje gucaracara aravuga ko Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere ubu abarizwa mu maboko y’ubutabera, kuva ku wa...