Amakuru
Ni ku wa 20 Ukuboza 2019, nimugoroba. Igifungo cy’imyaka 25, ni cyo gihano cyemejwe n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Buruseli, mu Bubiligi, ku munyarwanda Fabiani...
Hi, what are you looking for?
Ni ku wa 20 Ukuboza 2019, nimugoroba. Igifungo cy’imyaka 25, ni cyo gihano cyemejwe n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Buruseli, mu Bubiligi, ku munyarwanda Fabiani...
Nyuma y’aho urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) i Buruseli mu Bubiligi ruhamirije Neretse Fabien ibyaha bya Jenoside n’ibyaha by’intambara; ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa imyaka...
Urukiko rw’ i Buruseli mu Bubiligi ku wa Kane rwahamije Umunyarwanda, Fabien Neretse uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 n’ibyaha by’intambara nyumay’urubanza...
Ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukuboza 2019, ni bwo mu rukiko rw’ubucuruzi i Nyamirambo hazaburanishwa urubanza ADEPR yarezemo GG Company Ltd ihagarariwe na...
Mu rubanza rwa Neretse Fabien uburanishirizwa i Buruseli (bruxelles) mu Bubiligi, ku munsi warwo wa 17 mu rukiko habonetse umutangabuhamya utarigeze abazwa mu iperereza....
Nyuma y’uko mw’iburanishwa ry’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira i Buruseli mu Bubiligi, hamenyekanye ko umutangabuhamya Neretse Emmanuel wari uhategerejwe yanditse avuga ko atakije. Uyu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, ukurikiranyweho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Rev....
Nyuma yo kumva ibyo Neretse aregwa, abamwunganira n’abahagarariye abaregera indishyi bakavuga; ubu hagezweho kumva abatangabuhamya banyuranye. Aba batangabuhamya basabwa kubanza kurahirira ko bagiye kuvuga...
Ku munsi wa kane w’urubanza rwa Neretse, tariki ya 13 Ugushyingo 2019 humviswe abatangabuhamya ku mateka y’u Rwanda barimo umunyarwanda Joseph Matata ndetse n’umubiligi...
Ku wa kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2019, urubanza rwa Neretse rwakomeje yisobanura ndetse anasubiza ibibazo bitatu byari byasigaye atabibajijwe. Abamwunganira batanze inzitizi zatumye...
Urubanza rwa Fabien Neretse rwakomeje I Buruseli mu Bubiligi, aho Neretse we ubwe yahawe ijambo ahakana ibyo ashinjwa byose, avuga ko ahubwo yarwanyije ihohoterwa...
Mu rubanza ruregwamo Neretse Fabien rwatangiye ku wa kane tariki ya 7 Ugushyingo 2019 mu Bubiligi; ubushinjacyaha bwagaragaje mu masaha abiri n’igice ibirego uyu...
Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 01/11/2019, saa cyanda z’igicamunsi (15h00), azagurisha...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0705/I5/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 10/09/2015; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 08/10/2019...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza urubanza RCOM 02298/2018/TC rwaciwe rwaciwe n’Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/03/2019, UNESCOM MULTPURPUSE Ltd yatsinzemo Mpatswenumugabo JMV, urubanza...