Amakuru
Urukiko Rukuru rwafashe umwanzuro wo kurekura by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana wari Umuvugizi wungirije wa ADEPR, kubera kujya kwivuza kuko afite uburwayi bukomeye. Iki cyemezo...
Hi, what are you looking for?
Urukiko Rukuru rwafashe umwanzuro wo kurekura by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana wari Umuvugizi wungirije wa ADEPR, kubera kujya kwivuza kuko afite uburwayi bukomeye. Iki cyemezo...
Ku wa mbere w’iki cyumweru uwitwa Nduwimana André yahamijwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma, rwo mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, ibyaha birimo kwiyitirira...
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Jeremie Sinamenye wari ufunze guhera tariki ya 21 Nyakanga 2017, byari biteganyijwe ko aburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa...
Kayitasire Egide wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, agasezera ku kazi, yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Nk’uko tubikesha igihe.com, ayo makuru yemejwe...
Ubwo Inkiko Gacaca zatangiranga kuburanisha abakoze icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abireze bakemera icyaha bahawe igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo -TIG....
Mu magambo aremereye, ku wa 17 Gicurasi 2017, urubanza rwa Dr Kabirima Jean Damascene ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Rusenge...
Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere, kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 we n’abo baregwa mu rubanza rumwe, bagejejwe...
Amakuru akomeje gucaracara aravuga ko Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere ubu abarizwa mu maboko y’ubutabera, kuva ku wa...