Amakuru
Mu Mudugudu wa Rushakamba, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi hafitiwe umugabo w’imyaka 30 wahishaga urumogi muri matora ku musego....
Hi, what are you looking for?
Mu Mudugudu wa Rushakamba, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi hafitiwe umugabo w’imyaka 30 wahishaga urumogi muri matora ku musego....
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Jimmy Gasore, asobanura impamvu abatwara ibinyabiziga ntibemere guhagarara igihe babisabwe na polisi bazahanwa bikomeye mu itegeko rishya ry’umuhanda. Mu kiganiro yagiranye...
Umuraza Yvonne utuye mu mudugudu wa Gitaba, Akagari ka Nyakabungo, Umurenge wa Jali, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali; ararangisha ibyangombwa byabuze birimo Indangamuntu, Uruhushya...
Abantu babiri bakekwaho kwica abagabo babaziza kwiba ihene bakaza gucika bafashwe nk’uko byemejwe na Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo. Polisi yabwiye UMUSEKE ko ibyo...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko imibare yakusanyije mu mwaka wa 2025 ku byerekeye indwara zose Abanyarwanda barwaye muri uwo mwaka, yasanze miliyoni 1.2 byabo bararwaye...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye zoherejwe muri Repubulika ya Centrafrique kuhagarura amahoro (MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe kubera umurava, ubunyamwuga n’umusanzu mu...
Munezero Jeanne d’Arc Guverinoma y’u Rwanda yongereye imyaka itatu umushinga PRISM ndetse inongeramo miliyoni 25$ kugira ngo ukomeze guteza imbere Abanyarwanda binyuze mu buhinzi...
Impunzi z’abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo uba mu Rwanda zihagarariye izindi zakoze imyigaragambyo mu mahoro yabereye imbere ya Ambasade ya Amerika zimagana...
Panorama Five-year Value Partnership to modernize healthcare equipment nationwide Focus on education, training and upskilling workforce Kigali, Rwanda, 6th January, 2026 — Siemens Healthineers,...
Umugore w’imyaka 45 witwa Ingabire Nadine bivugwa ko yari indaya bamusanze mu cyumba cy’inzu ikodeshwa n’abashaka kuryama, bigakekwa ko yishwe n’abagabo babiri. Ibi byabereye...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwabaye rugabanyije ibiciro byo gusura ingagi kuzageza muri Kamena, 2026. Bikubiye mu itangazo RDB yashyize kuri X ku mugoroba wo kuri...
Ubwo yageraga mu rukiko rwo muri Manhattan muri Amerika, uwahoze ayobora Venezuela Nicolas Maduro yateye utwatsi ibyo Amerika imurega by’uko akorana bya hafi n’abacuruza...