Abantu
Ahagana mu mpera z’umwaka wa 2014, hasohotse amabwiriza ya Minisitiri NO 001/2014 yo kuwa 08/10/2014 agenga imyandikire y’ikinyarwanda. Ayo mabwiriza, nk’uko bigomba kugenda, yahise...
Hi, what are you looking for?
Ahagana mu mpera z’umwaka wa 2014, hasohotse amabwiriza ya Minisitiri NO 001/2014 yo kuwa 08/10/2014 agenga imyandikire y’ikinyarwanda. Ayo mabwiriza, nk’uko bigomba kugenda, yahise...
Bamwe mu baturage bafite imitungo mu nkengero za Pariki ya Gishwati-Mukura bavuga ko ingurane bahawe y’amatungo magufi n’amaremare idahwanye n’imitungo bahafite. Aba baturage biganjemo...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOMAA 0006/2018/CA, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 20/09/2019 saa cyenda z’igicamunsi (15h00), azagurisha...
Nsababera Fidèle wo mu Mudugudu wa Kinini, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe, avuga ko yakeneshejwe n’abana be babiri b’abajura barengeje imyaka 25 y’amavuko....
Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage y’amateka n’imibereho y’Abanyarwanda butangaza ko 70 kw’ijana by’abayisura ari Abanyarwanda. Ariko bamwe mu baturage batuye mu karere ka Huye iherereyemo, bavuga...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Kugirango harangizwe urubanza RCOMAA 00069/20l8lCA, Umuhesha w’lnkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 13/09/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha mu...
Mu mikino y’amajonjora yo guhatanira kujya mu gikombe cy’Isi 2022 kizabera muri Qatar, mu mukino ubanza u Rwanda rutsindiye Seychelles iwayo ibitego 3-0. Iyi...
Amakuru akwirakwira ku mbugankoranyambaga agaragaza ko urutonde rw’abakinnyi 18 b’ikipe y’u Rwanda rwatangajwe n’umutoza w’Umupira w’amaguru, rutariho Kapiteni wayo Haruna Niyonzima kubera ibyangombwa byagaragaye...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 4 Nzeri 2019, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza, arikumwe n’Umuyobozi Mukuru wungirije...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo muhanda (Traffic Police) riributsa abatwara ibinyabiziga, muri ibi bihe twinjiyemo by’imvura y’Umuhindo, kugira uruhare rukomeye mu kwirinda...
Ubuyobozi bw’Ikigo k’igihugu cy’ubuzima, RBC, butangaza ko mu Rwanda gahunda yo kuboneza urubyaro igenda neza, kuko umubare w’abana ku muryango ugenda ugabanyuka, kuko mu...
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko abashoferi 53 bafashwe mu mpera z’iki cyumweru bakuye mu modoka zabo utugabanyamuvuduko. Abo bashoferi ubu bacumbikiwe na Polisi bakurikiranweho...
Mu mpera z’icyumweru gishize, kuva kw’itariki ya 29 kugeza mw’ijoro ryo ku wa 31 Kanama 2019, abantu barenga 80 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi byo kurwanya abantu...