Amakuru
Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe yatangazaje uko uturere twakurikiranye mu kwesa...
Hi, what are you looking for?
Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe yatangazaje uko uturere twakurikiranye mu kwesa...
None ku wa Gatatu, tariki ya 08 Kanama 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 6 Kanama 2018, mu bakandida bigenga, bane ni bo bemejwe ni Ntibanyendera Elissam Salim, Sebagenzi Ally Hussein, Mpayimana...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora ku wa 6 Kanama 2018, abakandida 302 bahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’imitwe ya Politiki. Umuryango...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Kanama 2018, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze urutonde ndakuka rw’abahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko. Mu bakandida...
Samuel Mugisha today won his first stage on the Tour du Rwanda for his third participation. At only 20, this slender young athlete is...
Ku wa 06 Kanama 2018, Urwego rw’ubugenzacyaha bw’u Rwanda (RIB), bwagaragaje umusore w’imyaka 19 y’amavuko, ushinjwa ubutekamutwe bwifashishije ikoranabuhanga akaba yiyemerera ko yagiye yinjira...
Ikigo k’igihugu cy’Ubuziranenge (RSB: Rwanda Standard Board) cyamaze guhagarika ikoreshwa ry’impapuro zamaze gukoreshwa mu gupfunyika ibiribwa bihabwa abaguzi. Ikoreshwa ry’impapuro zakoreshejwe zirimo impapuro zo...
Abakobwa babyarira iwabo ndetse na bamwe mu babyara batarashyingiranywe mu buryo bwemewe n’amategeko bakunda guhura n’imbogamizi zo kwandikisha abana babyaye, aho abashinzwe irangamimerere babasaba...
Ku rutonde rw’agateganyo rw’abakandida Depite ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije ari yo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP, PSR biyemeje gufatanya mu...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora, ku wa 30 Nyakanga 2018, ubwo yatangazaga abakandida depite bemewe by’agateganyo, byagaragaye ko mu cyiciro cy’abafite ubumuga ariho honyine abiyamamaje bose...
Bishatsemo ubushobozi buri wese uko yifite, abaturage bo mu mugudu wa Kinunga, Akagari ka Kanserege, Umurenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, bakusanyije inkunga...
Ku cyumweru tariki ya 29 Nyakanga 2018, ikipe ya Rayon sport ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup, yanganyije igitego kimwe kuri...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 28 rishyira iya 29 Nyakanga, nibwo Imanirabaruta Gabriel w’imyaka 22 y’amavuko na Rwasibo Lucien w’imyaka 29 bafatiwe mu...
Mu muhango wo gusoza icyiciro cya Gatandatu cy’amasomo yo ku rwego rwo hejuru y’ubuyobozi mu bya gipolisi, wahuriranye n’uwo guha impamyabushobozi abanyeshuri basoje icyiciro...