Amakuru
Abivuriza uburwayi bwo mu mutwe ku bitaro bya Butaro bibarizwa mu karere ka Burera bishimira intambwe imaze guterwa mu buvuzi bahabwa cyane, nko kuba...
Hi, what are you looking for?
Abivuriza uburwayi bwo mu mutwe ku bitaro bya Butaro bibarizwa mu karere ka Burera bishimira intambwe imaze guterwa mu buvuzi bahabwa cyane, nko kuba...
Mu gihe hagiye gutangira igihe cy’ubukonje ku batuye igice cy’isi cy’Amajyaruguru, Ishami ry’Umuryango w’Abimbumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) riraburira abantu ngo bafate inkingo z’ibicurane...
Abakora mu bijyanye n’indwara zitandura bavuga ko siporo ari umuti ikaba n’urukingo rw’indwara z’umutima bityo abantu bakwiye gukora ibishoboka byose bakirinda izo ndwara zikomeje...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko ubuyobozi bwabafashije gusobanukirwa n’ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19, bityo kuzishyira mu bikorwa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko uko umubare w’abanduye Coronaviurs ukomeza kwiyongera ari na ko bagiye kujya babavurira mu rugo kuko uburyo bwo...
Ikigo Nyarwanda giharanira uburenganzira no guteza imbere ubuzima, HDI, cyagiranye ibiganiro n’abakobwa batwaye inda imburagihe bo mu Karere ka Muhanga. Basobanurirwaga ibyo amategeko ateganya...
Ku nshuro ya mbere kuva icyorezo cya Coronavirus kigeze mu Rwanda, abantu babiri bishwe nacyo mu munsi umwe, bituma umubare w’abo kimaze guhitana...
Ku cyumweru tariki ya 16 Kanama 2020, nibwo hasakaye ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaramo Umutoza w’umupira w’amaguru Karekezi Olivier n’Umukinnyi Michael Sarpong bari kumwe...
Nyuma y’aho bitangarijwe ko abenshi mu bantu bamaze iminsi bagaragaraho ubwandu bwa Covid-19 ari abo mu masoko, Umujyi wa Kigali wafunze isoko rya kijyambere...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko ku bufatanye na SMS Group, cyatangije imashinizi z’ikoranabuhanga zikorerwa mu Rwanda, zizashyirwa ahantu hinjira abantu benshi mu...
Mu nama yahuje abanyamakuru, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima_RBC, UNICEF n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima_WHO ndetse n’Inama y’Igihugu y’abna -NCC, kuri uyu wa 13 Kanama,...
Bamwe mu rubyiruko rw’abakorerabushake ruri mu bikorwa byo gufasha abaturage gukumira icyorezo cya COVID-19 mu turere dutandukanye rurasaba ko hakongerwa ibikoresho rwifashisha muri aka...
Bamwe mu bakoresha imiti isukura intoki izwi nka “hand sanitizers” barakemanga ubuziranenge bw’imwe muri iyi miti icururizwa ku zuba bagakeka ko ishobora kubagiraho ingaruka....
Bamwe mu bavuzi b’amenyo bize mu cyahoze ari Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) barasaba ko inyito y’impamyabumenyi bahawe “Dental Therapy” yahinduka kuko ngo...
Abagore babarurirwa mu byiciro byihariye basaga 100 babarurirwa mu mujyi wa Kigali, basabwe kugira uruhare rukomeye mu kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19, babikangurira abo bana...