Amakuru
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yatangarizaga Abanyarwanda uko igihugu gihagaze ku wa 21 Ukuboza 2020, yijeje abanyarwanda ko harimo gukorwa ibishoboka...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yatangarizaga Abanyarwanda uko igihugu gihagaze ku wa 21 Ukuboza 2020, yijeje abanyarwanda ko harimo gukorwa ibishoboka...
Mu rwego rw’Ubuzima, umwaka wa 2020 usojwe mu Rwanda hubatswe ibitaro bitatu bikomeye birimo ibya Gatunda mu karere ka Nyagatare, ibya Nyarugenge n’ibya Gatonde...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gifatanyije na Minisiteri y’Uburezi, ku wa 3 Ukuboza 2020, batangije gahunda yo kwita ku buzima bwo mu mutwe no...
Mu rwego rwo kunoza ubukangurambaga bugamije kurwanya indwara zitandura, cyane cyane diyabete, kanseri ndetse n’indwara z’umutima, no gushishikariza abantu kuzipimisha hakiri kare mu gihugu...
Umugabo n’umugore we b’Abadage bafite inkomoko muri Turukiya, ubu ni bo bahabwa amahirwe menshi yo kuba aba mbere mu kugeza ku isoko urukingo rwa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igihingwa cyitwa Cannabis, kizwi mu Kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora...
Abivuriza uburwayi bwo mu mutwe ku bitaro bya Butaro bibarizwa mu karere ka Burera bishimira intambwe imaze guterwa mu buvuzi bahabwa cyane, nko kuba...
Mu gihe hagiye gutangira igihe cy’ubukonje ku batuye igice cy’isi cy’Amajyaruguru, Ishami ry’Umuryango w’Abimbumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) riraburira abantu ngo bafate inkingo z’ibicurane...
Abakora mu bijyanye n’indwara zitandura bavuga ko siporo ari umuti ikaba n’urukingo rw’indwara z’umutima bityo abantu bakwiye gukora ibishoboka byose bakirinda izo ndwara zikomeje...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko ubuyobozi bwabafashije gusobanukirwa n’ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19, bityo kuzishyira mu bikorwa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko uko umubare w’abanduye Coronaviurs ukomeza kwiyongera ari na ko bagiye kujya babavurira mu rugo kuko uburyo bwo...
Ikigo Nyarwanda giharanira uburenganzira no guteza imbere ubuzima, HDI, cyagiranye ibiganiro n’abakobwa batwaye inda imburagihe bo mu Karere ka Muhanga. Basobanurirwaga ibyo amategeko ateganya...
Ku nshuro ya mbere kuva icyorezo cya Coronavirus kigeze mu Rwanda, abantu babiri bishwe nacyo mu munsi umwe, bituma umubare w’abo kimaze guhitana...
Ku cyumweru tariki ya 16 Kanama 2020, nibwo hasakaye ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaramo Umutoza w’umupira w’amaguru Karekezi Olivier n’Umukinnyi Michael Sarpong bari kumwe...
Nyuma y’aho bitangarijwe ko abenshi mu bantu bamaze iminsi bagaragaraho ubwandu bwa Covid-19 ari abo mu masoko, Umujyi wa Kigali wafunze isoko rya kijyambere...