Amakuru
Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi bukomeje gukora ibishoboka byose ngo buburizemo ubwandu bushya bw’agakoko ka Virusi itera SIDA binyuze mu kwigisha, gufasha no gukora ubuvugizi ...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi bukomeje gukora ibishoboka byose ngo buburizemo ubwandu bushya bw’agakoko ka Virusi itera SIDA binyuze mu kwigisha, gufasha no gukora ubuvugizi ...
Umukozi ushinzwe gutanga ubumenyi kuri serivisi z’icyorezo cya SIDA mu karere ka Bugesera, Hitimamana Janvier, agira inama umuntu wese wumva ko kuba yaranduye virusi...
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Abakobwa babyarira iwabo batungwa agatoki ku kutitabira gahunda yo kuringaniza urubyaro bakabyara abana benshi. Bamwe muri bo bavuga ko batafata imiti yo kuringaniza urubyaro...
Mu gihe hari abanga kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bitwaje imyemerere ishingiye ku matorero basengeramo, umujyanama w’ubuzima witwa Mihito Amiel, usengera muri ADEPR, atanga...
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...
“Twateguye kandi twahuguye abantu bashoboka (Rapid Response Team) barimo abaganga, abapolisi, abatabazi, abajyanama b’ubuzima, inzego z’ibanze n’abandi, cyane cyane mu turere twegereye ibice bivugwamo...
Mu karere ka musanze, abarwanduye Virusi itera SIDA (HIV), bisuzumishije kandi bagafata imiti, kuva uyu mwaka watangira wiyongereyeho abantu bagera kuri 400 bavuye ku...
Iyo unyuze hirya no hino mu mavuriro usanga abaganga b’inzobere atari benshi. Iyo bigeze ku bakurikirana abagore usanga umubare wabo ari muto cyane, ariko...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifatanyije n’akarere ka Gakenke n’abafatanyanyabikorwa bako, ku wa 11...
Nibura uruhinja rwagombye konka nyuma y’isaha rukimara kuvuka. Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko abana miliyoni 78 bahura n’ibibazo...
D’amour Seleman, Umusore w’ibigango uzwi nka Papa Shaffy muri Cinema nyarwanda ariko akaba yitwa D’amour Seleman, kuri ubu arembeye bikomeye muri CHUK kubera ikibazo...