Amakuru
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Hi, what are you looking for?
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Abakobwa babyarira iwabo batungwa agatoki ku kutitabira gahunda yo kuringaniza urubyaro bakabyara abana benshi. Bamwe muri bo bavuga ko batafata imiti yo kuringaniza urubyaro...
Mu gihe hari abanga kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bitwaje imyemerere ishingiye ku matorero basengeramo, umujyanama w’ubuzima witwa Mihito Amiel, usengera muri ADEPR, atanga...
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Ku wa 12 Ukuboza 2018, abayobozi b’ibitari n’ab’ibigo nderabuzima bahawe amapikipiki na mudasobwa bizabafasha mu gukurikirana amakuru ajyanye n’ubuzima mu duce bakoreramo. Uyu munsi...
“Twateguye kandi twahuguye abantu bashoboka (Rapid Response Team) barimo abaganga, abapolisi, abatabazi, abajyanama b’ubuzima, inzego z’ibanze n’abandi, cyane cyane mu turere twegereye ibice bivugwamo...
Mu karere ka musanze, abarwanduye Virusi itera SIDA (HIV), bisuzumishije kandi bagafata imiti, kuva uyu mwaka watangira wiyongereyeho abantu bagera kuri 400 bavuye ku...
Iyo unyuze hirya no hino mu mavuriro usanga abaganga b’inzobere atari benshi. Iyo bigeze ku bakurikirana abagore usanga umubare wabo ari muto cyane, ariko...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifatanyije n’akarere ka Gakenke n’abafatanyanyabikorwa bako, ku wa 11...
Nibura uruhinja rwagombye konka nyuma y’isaha rukimara kuvuka. Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko abana miliyoni 78 bahura n’ibibazo...
D’amour Seleman, Umusore w’ibigango uzwi nka Papa Shaffy muri Cinema nyarwanda ariko akaba yitwa D’amour Seleman, kuri ubu arembeye bikomeye muri CHUK kubera ikibazo...
District officials from the Northern Province concluded a three day training workshop to eliminate Malnutrition in Musanze district. The workshop which started on Thursday...
Mu karere ka Gakenke bashyizeho gahunda yo guca amande angana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi ku mubyeyi wese utabyariye kwa muganga. Icyo cyemezo cyafashwe...
Bimwe mu bibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage (Human Security Issues) birimo imirire mibi, umwanda, abana bata ishuri n’ibindi. Mu murenge wa Gahini mu karere...